Umwe mu bantu bahoze ari ba maneko bakuru muri Israel aherutse gutangaza ko hari ikigo cy’abanya Israel giha ubutegetsi bwa Ukraine amakuru y’aho abasirikare b’u Burusiya bakambitse kugira ibaraseho. ...
Ingabo z’u Rwanda na Polisi yarwo muri Nyakanga bohererejwe guhashya ibyihebe muri Mozambique. Ni akazi bakoreye mu Ntara ya Cabo Delgado, iyi ikaba ari Intara iruta u Rwanda inshuro nyinshi kandi ish...
Perezida wa Centrafrique Prof Faustin Archange Touadéra aherutse kwakira iwe ingabo z’u Rwanda zoherejwe muri kiriya gihugu ngo zifatanye n’iz’aho kuhagarura umutekano. Kuhagarura amahoro ni igikorwa ...
Brig Gen Freddy Sakama wungirije Umugaba mukuru w’ingabo za Centrafrique n’itsinda rye barangije uruzinduko rw’Icyumweru bari bamazemo mu Rwanda baganira na bagenzi be bayobora ingabo z’u Rwanda. Nta...
Umugabo yiyambitse imyenda ya gisirikare y’ingabo za Somalia yinjirana n’abandi basirikare mu kigo kugira ngo abone uko ahaturikiriza igisasu. Uwo mwiyahuzi yamaze kugera mu kigo aho yari ari kumwe n’...
Umutwe w’Iterabwoba witwa Islamic State watangarije mu kinyamakuru cyawo kitwa Al-Naba ko watangiye kugaba ibitero muri Benin. Ibi bitero bigamije gutesha umutwe ubutegetsi bwa Patrice Talon uyobora i...
Minisitiri w’Intebe w’u Budage( Chancelier) olaf Scholz yabwiye abasirikare bakuru mu ngabo ze ko igihe kigeze ngo u Budage bube igisirikare gifite ibikoresho bihambaye kurusha ikindi gihugu icyo ari ...
Nyuma yo kurahirira kuba Perezida wa Kenya, Perezida William Ruto yanditse kuri Twitter ko aciye umubano n’igihugu cya Sahara y’i Burasirazuba. Bidatinze iyo ‘tweet’ yahise ayisiba, biteza urujijo k’u...
Ibiganiro byahuje Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda n’uw’iya Bénin byagarutse ku mikoranire igiye kurushaho kuzamurwa hagati y’izi nzego. Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza yavuze ko P...
Inshuti n’abavandimwe ba Gen Elly Tumwiine bari mu gahinda nyuma y’urupfu rw’uyu musirikare mukuru waguye muri Kenya nyuma ya cancer y’ibihaha yari amaranye iminsi. Yabanje kurwarira mu bitaro b...









