Ubuyobozi bwa gisirikare bwa M23 bweretse itangazamakuru abasirikare uyu mutwe uvuga ko uherutse gufatira ku rugamba barimo n’ufite ipeti rya Lt Col. Uyu ni Lt Col Assani Kimonkola Adrien. We na bagen...
Niwo musangiro wa mbere abayobozi bakuru b’ingabo z’u Rwanda bagiranye na bagenzi babo bashinzwe ibya gisirikare muri za Ambasade zikorera mu Rwanda. Uyu musangiro wabereye ku Kimihurura ahitwa RDF Of...
Amerika isanzwe ari yo gihangange mu bya gisirikare kurusha ibindi bihugu ku isi. Ndetse n’ingengo yayo y’imari igenewe igisirikare ikubye ubwinshi iz’ibihugu byinshi birimo n’u Bushinwa. Mu rwego rwo...
Abantu batanu barimo abarwayi batatu ba Maï-Maï ndetse n’abasirikare babiri b’ingabo za DRC baguye mu mirwano yaraye ibereye hafi y’urugo rw’Umuyobozi wungirije w’ingabo muri Butembo mu Ntara ya Kivu ...
Mouvément du 23, Mars,( M23) yatangaje ko ishaka kugirana ibiganiro byihariye na Perezida Lorenco ndetse na Uhuru Kenyatta, ikabagezaho icyo itekereza ku myanzuro iyireba mu yiherutse gufatirwa i Luan...
Abarwanyi ba M23 batangaje ko bahagaritse imirwano bari bamaze igihe barwana n’ingabo za DRC. Mu gihe ari uko byanzuwe, Kenya yohereje itsinda rya gatatu ry’abasirikare bayo baje kurwanya M23 n’indi m...
Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda yatangaje ko mbere y’uko izi ngabo zirasa umusirikare wa DRC wari waje k’ubutaka bw’u Rwanda, ngo yari yabanje kurasa ku munara RDF icungiraho umutekano. Itangazo ryavu...
Amakuru agera kuri Taarifa aremeza ko hari umusirikare wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo warasiwe ku butaka bw’u Rwanda. Byabereye mu Murenge wa Gisenyi, Akagari ka Mbugangari ijoro rijigije. Muri ...
Amakuru aturuka muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo avuga ko abarwanyi ba M23 bari kototera umujyi wa Goma. Ubu bari mu Bilometero 20 mbere y’uko bagera muri uyu mujyi. Ni intera ingana no kuva mur...
Mu mpera z’Icyumweru cyarangiye taliki 06, Ugushyingo, mu Murwa mukuru w’igihugu cya Bahrain witwa Manama habereye inama yahuje Umugaba w’ingabo z’iki gihugu witwa Field Marshal Shaikh Khalifa bin Ahm...









