Amashusho bivugwa ko yafashwe n’abarwanyi ba M23 yacishijwe kuri Twitter, arerekana intwaro yemeza ko zatawe n’abacanshuro bafasha FARDC ku rugamba. Mu mezi make ashize nibwo bamwe mu bacanshur...
Guhera kuri uyu wa Mbere Taliki 09, Mutarama, abasirikare b’u Rwanda batangiye kwambara amapeti mu gituza ku myambaro itari iyo mu Biro cyangwa mu birori. Aya mapeti bazajya bayambara ku myenda y’akaz...
Amakuru avuga ko kuri uyu wa Mbere ahagana mu masaha ya kare mu gitondo abarwanyi birukanye ingabo za DRC mu gace kitwa Kisharo. Niko gace gakomeye ka Teritwari ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyar...
Umugaba w’Ikirenga w’ingabo z’u Rwanda akaba na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifurije ingabo z’u Rwanda n’inzego zose zishinzwe umutekano umwaka mushya kandi muhire wa 2023. Yafashe ...
Minisiteri y’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo iherutse gutangariza abanyamakuru ko ubutegetsi bw’i Kinshasa bwakoze Politiki ivuguruye igenga igisirikare n’umutekano wa kiriya gihugu. Mu Gi...
Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 28 Ukuboza 2022, ingabo 750 zo muri Sudani y’Epfo zahawe ibendera ry’igihugu cyazo ngo zirijyane mu Repubulika ya Demukarasi ya Congo aho zigiye guhashya imitwe ihamaze ig...
Mu bice bya Karenga na Karuli hagati ya Pariki y’Ibirunga na Teritwari ya Nyiragongo, amasasu aravuza ubuhuha hagati y’abarwanyi ba M23 n’ingabo za DRC. Aho imirwano iri kubera ni hafi ya Teritwari ya...
Igisirikare cy’u Bushinwa cyakoze igikorwa bamwe bafashe nk’ubushotoranyi cyo kwinjiza indege 47 mu kirere cya Taiwan. Muri rusange indege 71 z’ingabo z’u Bushinwa nizo zahagurikijwe ngo zikorere imy...
Hashize iminsi itatu itsinda rya UN rivuga ko ryigenga risohoye raporo ivuga ko hari ibimenyetso simusiga ryabonye byemeza ko ingabo z’u Rwanda, RDF, zinjiye ku butaka bwa DRC gufasha M23. Ibika by’i...
I Kuri uyu wa Gatanu, abofisiye mu Ngabo z’u Rwanda n’abandi bafite amapeti atandukanye bari bamaze amezi 10 mu myitozo ya gikomando barangije amasomo y’ibanze ‘adasanzwe’ yaberaga mu mashyamba...








