Muri Ituri haravugwa inkuru y’urupfu rw’abasirikare 15 bishwe n’abarwanyi b’umutwe CODECO URDPC. Ubu bwicanyi bwabereye ahitwa Djugu kuri uyu wa Gatanu taliki 27, Mutarama, 2023. Intumwa yihariye y’Um...
Umuvugizi w’ingabo za FARDC zikorera muri Kivu y’Amajyaruguru witwa Lt Col Njike Kaiko yavuze ko ari bo, mu mayeri ya gisirikare, baretse k’ubushake M23 ifata umujyi wa Kitshanga banga ko abasivili ba...
Mu mwaka wa 2022 ingabo z’u Bufaransa zazinze utwangushye ziva i Gao muri Mali aho zari zimaze imyaka zikambitse. Nyuma yo kwirukanwa muri iki gihugu zimwe zagiye muri Burkina Faso none n’aho zasabwe ...
Ibiro by’Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda byasohoye ‘irindi’ tangazo ryiyama ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo ribusaba guhagarika ubushotoranyo bwayo. Ni nyuma y’uko indi ndege y’int...
Ubwo Polisi ya Congo yarasaga ibyuka biryana mu maso yirukana abaje kwigaragambya nk’uko yari yabitanzeho umuburo, abanyamakuru batatu bakomeretse bikomeye abandi barafatwa bajya guhatwa ibibazo. Aban...
Abagize ihururo bise Le colléctif des mouvements citoyens batangaje ko kuri uyu wa Gatatu bari byigaragambye bamagana ko ingabo za Sudani y’Epfo zitegerejwe i Goma. Ingabo z’iki gihugu zirajya i Goma ...
Ingabo z’u Bufaransa ziherutse kuzinga utwangushye ziva Bamako muri Mali aho zari zimaze igihe zivuga ko zahaje kugira ngo zihagarure umudendezo wahabuze kubera iterabwoba. Ibikorwa byitwa Operation S...
Guhera kuri uyu wa Mbere Taliki 16, Mutarama, 2023 mu Rwanda hatangijwe imyitozo ikomatanyije ihuriza hamwe ingabo zo mu bihugu bigize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba, EAC. Ni imyitozo ngarukamwa...
Imibare y’agateganyo ivuga ko abantu 40 ari bo bamaze kubarurwa ko bapfiriye mu mpanuka y’indege yabereye muri Nepal. Iriya ndege yari irimo abantu 72, ikaba yavaga muri Nepal rwagati ijya Pokhara ha...
Umugaba mukuru w’ingabo za DRC witwa Général Christian Chiwewe yasabwe n’abagize Sosiyete sivile yo mu bice bya Nyiragongo kwirukana uruhenu abarwanyi ba M23 aho bari hose. Abagize Sosiyete sivile mur...









