Mu murwa mukuru wa Sudani witwa Khartoum hiriwe imirwano hagati y’ingabo n’abarwanyi bitwara gisikare. Hari hashize iminsi hari umwuka w’intambara. Intandaro y’ibi byose ni ikibazo cyakomeje kuburirwa...
Amakuru avuga ko guhera taliki 14 kugeza taliki 16, Mata, 2023 Perezida Paul Kagame azasura Benin ya Patrice Talon. Nta makuru arambuye aratangazwa ku bizaba bikubiye mu biganiro Abakuru b’ibihugu byo...
U Bushinwa buguye gusohora amabwiriza akubiye mu ngingo 74 avuga uko umusirikare wabwo agomba kuba ateye. Amakuru make yatangajwe n’ikinyamakuru cya Leta y’u Bushinwa kitwa Xinhua News avuga ko muri i...
Leta zunze ubumwe z’Amerika zatunguwe no kumva ko hari inyandiko 100 zatangajwe itabizi zirimo imigambi yazo mu ntambara ya Ukraine ndetse n’indi migambi y’ubutasi Washington yakoraga ku bihugu by’ins...
Urwego rw’ubutasi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo rwatangaje ko amakuru aturuka Buyora na Baswaga yemeza ko ingabo za Uganda n’iza Sudani y’Epfo zashinjwe ibirindiro muri kiriya gice mu rwego...
Umwe mu bantu bayoboye inyeshyamba z’umutwe witwaga MLC zamaze igihe zirwana muri Repubulika ya Centrafrique witwa Jean Pierre Bemba yagizwe Minisitiri w’ingabo za DRC. Yashyizwe muri Guverinoma nsh...
Volodymyr Zelenskyy yasabye Abanyaburayi kwigana Pologne na Slovakia nabo bakamuha indege z’intambara zigezweho kugira ngo atsinde Abarusiya. Yemeza ko nibidakorwa intambara izamara igihe kirekire. Y...
Mu Burusiya haravugwa inkuru y’uko Perezida w’iki gihugu yasuye umujwi wa Mariupol muri Ukraine. Hari amafoto yatangajwe n’ibinyamakuru bw’i Moscow yerekana Putin yitwaye mu modoka agana i Mariupol. I...
U Burundi burohereza abasirikare 100 muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ngo zifatanye n’iza EAC mu bikorwa byo kurwanya imitwe imaze iminsi ica ibintu mu Burasirazuba bwa kiriya gihugu. Umunyamaba...
Mu buryo budaciye ku ruhande, umuyobozi w’ingabo za DRC zigize icyo bita 31e région militaire witwa Général de Brigade Timothée Mujinga yabwiye Umudepite mu Ntara ya Tshopo ko ingabo za Kenya zatang...









