Hari amashusho yatangajwe kuri YouTube agaragaramo abarwanyi ba Al Shabab bigamba kwica ingabo za Uganda zoherejwe kugarura no kubungabunga amahoro muri Somalia. Ingabo za Uganda hamwe n’iz’ibindi bih...
Abayobozi bakuru b’ibihugu birindwi bikize kurusha ibindi ku isi(mbere byahoze ari umunani hakirimo u Burusiya) barahurira i Hiroshima mu Buyapani. Bari busuzume icyo bakora ngo bakome imbere iterambe...
Nk’Umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda n’izindi nzego z’umutekano, Perezida Paul Kagame yaraye agiranye ikiganiro n’ubuyobozi bukuru bw’izi nzego. Uretse abayobozi bakuru ba Polisi n’ingabo z’u Rwa...
Kuri uyu wa Gatanu taliki 12, Gicurasi, 2023 ingabo z’u Rwanda zigize ikitwa RWABATT10 zikorera muri Repubulika ya Centrafrique zamurikiye ubuyobozi bwo mu gace zikoreramo n’ubwa MINUSCA ibyumba bitan...
Perezida Félix Tshisekedi yabwiye abanyamakuru ko ingabo z’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba zoherejwe mu gihugu cye zitakihifuzwa kuko n’igihe zari zarahawe kizarangirana na Kamena, 2023. Hari mu ...
Mu Cyumweru kimwe, abantu 600,000 bahunze Sudani kubera intambara ihamaze hafi ukwezi. Ni umubare munini kubera ko mbere yawo, abantu 100, 000 bonyine nibo bari baramaze guhunga. Byerekana ko niba int...
Nyuma y’uko Gen Nyagah wayoboraga ingabo za EAC zari zaroherejwe muri DRC avuze ko avuye muri izi nshingano kubera impamvu zijyanye n’umutekano we, nta yandi makuru yerekeranye n’inshingano z’ingabo y...
Umwe mu myanzuro yaraye ifatiwe mu Nama y’Abaminisitiri, uvuga ko hagenwe amafaranga(atatangajwe umubare) yo gutunga abamugariye ku rugamba ‘batishoboye’. Nta makuru arambuye kuri uyu mwanzuro aratang...
Imodoka yari itwaye abadipolomate b’Abanyamerika boherejwe muri Sudani ngo bukurikirane uko iby’umutekano muke uhavugwa umeze, yarashweho n’abarwanyi bivugwa ko ari ab’umutwe witwa Rapid Support Force...
Ubwo abasirikare barinda Perezida wa Guinea Bissau bakiraga uw’u Rwanda Paul Kagame wari wamusuye mu ruzinduko rw’akazi, baririmbye indirimbo irimo ibigwi by’ingabo z’u Rwanda. Ni indirimbo irim...









