Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr. Vincent Biruta ari kumwe n’Umunyamabanga mukuru w’Urwego rw’igihugu rushinzwe umutekano n’iperereza, NISS, Major Gen Joseph Nzabamwita basuye ingabo z’u...
Perezida w’Amerika Joe Biden yaraye aganiriye na Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu bemeranya Israel igomba gutera Hamas iyisanze muri Gaza. Ni icyemezo cyari kitezwe na benshi kubera k...
Mu buryo butunguranye, iteganyagihe rya Israel ryatumye ubuyobozi bw’ingabo z’iki gihugu buzisaba kuba ziretse gutangiza ibitero simusiga kuri Gaza, hirindwa imbogamizi zakururwa imvura nyinshi. N’ubw...
Birasa nk’aho ntacyo Israel yasize inyuma mu gusenya Gaza. Ubuyobozi bwayo buvuga ko buzirinda uko bishoboka kose ngo hatagira umusivili ubigenderamo. Mu kwegeranya ibikoresho, ingabo z’iki gihugu zat...
Maj Gen Vincent Nyakarundi yasabye ba Ofisiye 38 barimo abo mu Ngabo ndetse na Polisi by’u Rwanda barangije amasomo ya gisirikari n’abandi bari mu nshingano ze ko bahanzwe amaso mu gukora ibishoboka n...
Col Jonathan Steinberg w’imyaka 42 y’amavuko wayobora Bridage yitwa Nahal mu ngabo za Israel yaguye ku rugamba ingabo z’igihugu cye ziri kurwana na Hamas mu Majyepfo ariko zikarwana na Hezbollah mu M...
Amakuru aturuka muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo avuga ko ingabo za FARDC zashatse kwigarurira isunzu ry’imisozi ya Kanyamahoro hafi y’i Kibumba zigaba igitero ku barwanyi na M23. Iki gitero cya...
Abasirikare bakuru mu ngabo z’ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y;Uburasirazuba, EAC, bahuriye mu Bugesera mu kigo cya gisirikare cya Gako baganira uko imyitozo yiswe USHIRIKIANO IMARA 2024 izagenda....
Ambasaderi w’Ubufaransa muri Niger witwa Sylvain Itté yatangaje ko hari amabwiriza yaturutse i Paris yamaze guhabwa abasirikare b’Ubufaransa yo kurwana n’ingabo za Niger nizongera kuvogera inyungu za...
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda yaganiriye n’abajenerali ndetse n’abandi basirikare baherutse kujya mu kiruhuko cy’izabukuru abashimira ubwitange bagaragaje mu myak...









