Bintu Keïta uhagarariye UN muri DRC yasinyanye amasezerano na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Christophe Lutundula akubiyemo uko ingabo za MONUSCO zigomba kuva mu...
Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda yatangaje ko hari umukino wa gishuti iri gutegura hagati y’ingabo z’u Rwanda n’iza Tanzania. Ni umukino uzaba taliki 25, Ugushyingo, 2023 ukazabera kuri stade ya N...
Aho ni mu bitaro binini bya Al-Shifa. Ni ibitaro birimo abarwayi b’indembe barwaye indwara zitandukanye barimo abana, ababyeyi n’abageze mu zabukuru. Aho akazi k’ingabo za Israel kagiye kugoranira ni ...
Kuri uyu wa Gatatu taliki 15, Ugushyingo, 2023 Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yaganiriye n’abagaba bakuru bazo, Ofisiye bakuru muri Polisi y’u Rwanda n’abo mu rw...
Indege eshatu zo mu bwoko bwa CH-48 za DRC zegerejwe u Rwanda mu gice k’iki gihugu aho abarwanyi ba M23 bari kurwanira n’ingabo za Kinshasa. Zavuye i Kinshasa zigera i Kavumu zicishijwe i Goma. Abazib...
Amashusho yo kuri X yatangajwe n’ikinyamakuru Le Mandat arerekana Umuvugizi w’ingabo z’Uburundi witwa Colonel Floribert Biyereke ahakana ibivugwa ko ingabo z’igihugu cye zikorana na FARDC, Mai Mai, Wa...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane w’u Rwanda; Dr. Vincent Biruta yabwiye abagize Inteko rusange y’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa, OIF, ko ibyo Guverinoma ya DRC ihora ivu...
Umuvugizi mu bya Politiki wa M23, Lawrence Kanyuka yavuze ko mu masaha ya mu gitondo kuri iki Cyumweru taliki 05, Ugushyingo, 2023 abarwanyi b’umutwe avugira bafatiye ku rugamba abasirikare b’Uburundi...
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Lt Gen Mubarakh Muganga yaganiriye na mugenzi we wo mu ngabo z’Ubushinwa ushinzwe ibikorwa by’urugamba witwa Gen Liu Zhenli uko imikoranire y’impande zombi ...
Ingabo za Israel zaraye zirashe bombe nyinshi mu bice zari zizi ko byihishemo umugabo witwa Asem Abu Rakaba zivuga ko ari we wateguye ibitero by’abarwanyi ba Hamas baherutse kugaba baturutse mu kirere...









