Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda Lt Gen Mubarakh Muganga ari kumwe n’abandi bayobozi b’ingabo z’u Rwanda baraye bakoze umusangiro n’abashinzwe ibya gisirikare muri za Ambasade, abo bita ‘defence att...
Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda Lt Gen Mubarakh Muganga yaraye yakiriye ikiciro gishya cy’abasore n’inkumi binjijwe mu ngabo z’u Rwanda. Bari bamaze amezi arindwi batozwa ibya gisirikare mu k...
Nk’uko byari biherutse kwemeranywa hagati y’ubutegetsi bwa Kinshasa na UN, mu ijoro ryakeye itsinda rimwe ry’abasirikare ba MONUSCO ryafashe inzira rirataha. Hari amashusho yashyizwe kuri X yerekana i...
Abasirikare ba mbere b’Umuryango w’Uburasirazuba babaga muri DRC baruye indege bava i Goma bataha iwabo. Batashye nyuma y’igihe ubutegetsi bwa DRC bisaba ko bataha kuko ngo nta kintu...
Televiziyo y’igihugu ya Iran yatangaje ko hari igisasu cyaturutse muri Israel gihitana abasirikare babiri bayo bakoreraga muri Syria. Ni ubwa mbere abasirikare ba Iran baguye mu bisasu Israel iri kur...
Ambasaderi w’Ubufaransa mu Rwanda Antoine Anfré yasuye ishuri ry’ingabo z’u Rwanda z’i Gako mu Karere ka Bugesera. Yahasanze kandi aganira n’abasikare bari kwiga Igifaransa bakagifatanya n’andi masomo...
Hage Geingob uyobora Namibia yashimangiye ko igihugu cye kitazohereza ingabo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu rwego rw’ubutumwa bwo kubungabunga amahoro bwa SADC. Abitangaje hashize igihe git...
Kubera impamvu zitaramenyekana, mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru mu Mujyi wa Goma habereye imirwano hagati y’ingabo za DRC n’urubyiruko rugize ikiswe Wazalendo. Abatuye uyu mujyi bavuga ko babanje kugi...
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda Brig Gen Ronald Rwivanga avuga ko mu mikorere yazo harimo no gukumira ko ibibazo by’imibereho mibi biba intandaro y’amakimbirane avamo n’intambara. Ngo niyo mpamvu aho zi...
I Bangui muri Repubulika ya Centrafrique hagiye kubera umuhango wo kwakira itsinda rya mbere ry’abasirikare batojwe n’ingabo z’u Rwanda. Umuyobozi w’ingabo za UN ziba muri iki gihugu aherutse gushima ...









