Perezida Kagame yaraye abwiye abitabiriye umusangiro yari yateguriye Abanyarwanda n’inshuti zabo ko nta kintu kizakoma imbere iterambere ry’u Rwanda. Avuga ko aho rwageze rujya hasi hari hahagije kugi...
Umuvugizi w’ingabo za DRC mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru witwa le Lieutenant-Colonel Njike Kaiko yemeje ko hari abasirikare ba Afurika y’Epfo bageze muri kiriya gihugu. Bahagaze ku wa Gatatu taliki ...
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda Brig Gen Ronald Rwivanga aherutse kubwira itangazamakuru ko ingabo z’u Rwanda zihora ziteguye intambara. Yasubizaga ku bimaze iminsi bivuzwe na Perezida wa DRC Felix Tshi...
Minisiteri y’ingabo za Israel itangaza ko kuva iki gihugu cyatangira intambara yeruye na Hamas kimaze gutakaza abasirikare 485. Aba barimo umunani baraye bapfuye bazize Hamas. Iby’urupfu rwabo byatang...
Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, yatangaje ko ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC ari ryo ryabashotoye guhera kuri uyu wa 21 Ukuboza 2023, bituma bubura intwaro bararwana. Iyo mirwano iri kubera muri T...
Umugaba w’ingabo z’u Rwanda General Mubarakh Muganga yaraye ayoboye umuhango wo kwakira mu ngabo z’u Rwanda abakomando bashya bari bamaze amezi 10 batorezwa i Nasho mu Karere ka Kirehe. Yababwiye ko u...
Mu mpinduka nyinshi zizavugwa ko zakozwe mu Rwanda mu Cyumweru kiri kurangira, harimo n’uko bwa mbere mu mateak y’u Rwanda abagore barindwi bahawe ipeti rya Colonel mu ngabo z’u Rwanda. Ni undi muhigo...
Umugaba w’ingabo z’u Rwanda mu izina ry’umugaba wazo w’ikirenga yaje kureba uko abasirikare bagize umutwe w’ingabo z’u Rwanda zidasanzwe witoje, aboneraho no kurangiza iyo myitozo zari zimazemo amezi ...
Perezida Kagame nk’Umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda yaraye yongeye ‘gukora amateka’ ubwo yahaga abagore barindwi ipeti rya Colonel. Kuva u Rwanda rwabaho nibwo bwa mbere iri peti rih...
Taarifa ifite amakuru y’uko hari abasirikare b’Uburundi bagera cyangwa barenga 500 bari muri gereza kuko banze gukorana n’ingabo za DRC mu kurwanya M23. Aya makuru kandi aherutse kugarukwaho na Radio ...









