Perezida wa Liberia, Joseph Boakai amaze amasaha make agennye ko Brigadier General( Rtd) Geraldine Janet George aba Minisitiri w’ingabo. Niwe mugore wa mbere ufashe aya madosiye mu ntoki ze kuva iki g...
Kuba mu ngabo habamo ishami rishinzwe ibikorwaremezo kandi rikora no mu gihe cy’amahoro ni icyemezo cy’uko mu nshingano zazo harimo ni kubaka ibikorwa by’amajyambere rusange y’abaturage. RDF ifi...
Ntibisanzwe ko Perezida Ndayishimiye avugurura inzego z’igisirikare n’ubutasi mu munsi umwe ariko nk’uko bigaragara mu iteka yashyizeho umukono, ku wa 6, Gashyantare, 2024, ubutegetsi bwafashe umwanz...
Cyril Ramaphosa uyobora Afurika y’Epfo yategetse ko ingabo ze 2,900 zoherezwa mu Burasirazuba bwa Raepubulika ya Demukarasi ya Congo kurwana mu buryo bweruye na M23. Afurika y’Epfo kuri X yatangaje ko...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere taliki 12, Gashyantare, 2024 hari abaturage bo mu gace ka Sake babwiye abasirikare ba MONUSCO ko badashyigikiye ko bakomeza gukorana n’ingabo za DRC kuko ari umwanzi. ...
Ingabo z’u Rwanda n’iz’Ubuhinde zatangije ubufatanye burimo gusangira imyitozo n’ubufatanye mu by’inganda za gisirikare. Ubu bufatanye bushingiye ku masezerano mu bufatan...
Visi Minisitiri w’Intebe akaba na Minisitiri w’ingabo za DRC yageze muri Goma aje kureba uko uyu mujyi umerewe nyuma y’imirwano imaze igihe ibera mu gace gaturanye n’uyu mujyi. Imirwano hagati y’inga...
Umutwe wa M23 waburiye ingabo za Tanzania ziri mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango wa Afurika y’amajyepfo, SADC, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ko nizikomeza kurasa ku baturage ishinzwe kurinda izaziv...
Ingabo za Afurika y’Epfo, Tanzania na Malawi zoherejwe mu butumwa bwo kurimbura umutwe wa M23 umaze igihe warabujije ingabo za Perezida Tshisekedi amahwemo zasakiranye nawo, zimwe zirahakomekera. Ku w...
Icyitonderwa: Iyi nyandiko ni iya Aviad Mendelboim, Umujyanama wa Minisiteri y’ingabo za Israel ku bibazo bya Palestine akaba umugabo wa Ambasaderi wa Israel mu Rwanda. Umwimerere wayo uri mu Cyongere...









