Itangazo rya SADC rirabikira abantu ko hari abasirikare bane bishwe n’igisasu cyarashwe n’imbunda yo mortier|( mortar). Batatu ni abo muri Tanzania umwe akaba uwo muri Afurika y’Epfo. Bahitanywe n’igi...
Inzego z’umutekano z’u Rwanda zoherejwe muri Mozambique zatangije ibikorwa byagutse byo gukorana n’abaturage mu rwego rw’iterambere ryabo. Harimo kubaha imbuto yo gutera, imiti n’ibikoresho by’abana b...
Umukuru w’ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO) witwa Bintu Keita avuga ko M23 ikomeje “gutera intambwe cyane no kwagura ubutaka ...
Abantu 30 bashinzwe ibikorwa bya gisirikare muri za Ambasade zikorera mu Rwanda baganirijwe n’abayobozi mu ngabo z’u Rwanda uko ruhagaze mu by’umutekano haba imbere mu gihugu n’ahandi abasirikare n’ab...
Inzego z’iperereza n’iza gisirikare mu Burusiya zakoranye zifata abantu bakekwaho kugaba igitero mu kabyirino kari mu nkengero z’umurwa mukuru, Moscow mu ijoro ryakeye. Imibare y’abo cyahitanye yamaze...
Muri Zambia kuri uyu wa Gatandatu harateranira inama mpuzamahanga y’ibihugu bya SADC iri busuzimirwemo ibibazo bireba abasirikare b’uyu muryango bagiye mu butumwa muri Repubulika ya Demukarasi ya Cong...
Ubufatanye bw’ingabo z’u Rwanda n’iza Amerika mu kuvura abarwaye indwara zitandukanye mu Burasirazuba bw’u Rwanda bwatumye mu gihe cy’iminsi 10 havurwa abantu 5,000. Abavuwe ni abo muri Rwamagana no m...
Mu itangazo ryaraye risohowe n’Ibiro by’Umukuru w’igihugu wa Uganda rigatangazwa mu kinyamakurU cya Leta kitwa UBC harimo ko Gen Muhoozi Kainerugaba( ni umuhungu wa Perezida Museveni) ari mugaba mukur...
Guhera mu ntangiriro z’iki Cyumweru, M23 iri gufata ibice bitandukanye by’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru itarwanye kubera ko abasirikare ba DRC bari kuyibererekera. Ibice imaze gufata birimo agace k’ab...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda, mu ijwi rya Guverinoma y’u Rwanda, irasaba Ubuyobozi bw’Afurika yunze ubumwe kureka icyemezo ifite cyo gutera inkunga ingabo za SADC zoherejwe muri DRC kuk...









