Ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda bwakiriye kandi buganira n’abasirikare bakuru mu ngabo za Bangladesh bari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi. Itsinda ryabo riyobowe na Brig Gen Sazedul Islam. Umuvugizi w’...
Imodoka yari ijyanye i Rusizi imiti yakoreye impanuka mu ishyamba rya Nyungwe. Amakuru avuga ko iriya modoka yakoze impanuka kubera kubura feri, ishinga amazuru mu ikorosi. Ingabo z’u Rwanda zir...
Ahitwa Ancuabe muri Cabo Delgado ingabo z’u Rwanda na Polisi ziherutse gutaha amashuri atanu zubakiye abahatuye kugira ngo abana bigire aheza. Ayo mashuri yubatswe ahitwa Nacololo, mu itahwa ryayo hak...
Abasirikare b’Uburusiya bakomeje gushushubikanya ingabo za Ukraine zari zarinjiye mu Burusiya ahitwa Kursk. Ubu ingabo z’Uburusiya bivugwa ko ziri gusatira Intara ya Pokrovsk muri Ukraine....
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yaraye ahuye n’abasirikare bakuru mu ngabo z’u Rwanda baganira ku miterere y’umutekano mu Rwanda n’amahoro mu baturage. Iby’ibi biga...
Abasirikare bakuru 23 bo mu bihugu bigize Umutwe w’ingabo zihora ziteguye gutabara aho rukomeye bari guhugurirwa mu Rwanda kugira ngo bagishwe uburyo bushya bwo gukora akazi kazo. Bateraniye mu Rwanda...
I Mbuya niho hatangirijwe igikorwa cyo kubaka Minisiteri nshya y’ingabo za Uganda. Umugaba mukuru wazo General Muhoozi Kainerugaba niwe watangije ibyo bikorwa. Muri aka gace n’ubundi niho hari hasanzw...
Goma: Umuyobozi w’umujyi wa Goma witwa Faustin Kapend Kamand avuga ko ku wa Gatandatu ushize hari abantu 15 barimo n’Abanyarwanda bafatiwe mu Mujyi wa Goma bakurikiranyweho gushaka abantu bo kwinjiza ...
Colonel Sendegeya Lambert ushinzwe abakozi muri Minisiteri y’ingabo ari kumwe n’Umuvugizi wazo Brig Gen Ronald Rwivanga yatangaje impinduka zigiye gukorwa mu ngabo z’u Rwanda, umutwe w’Inkeragutabara ...
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky avuga ko ingabo z’Uburusiya ari zo zarashe uruganda rutunganya imbaraga za kirimbuzi ruri ahitwa Zaporizhzhia. Uburusiya nabwo buvuga ko ingabo za Ukraine ari zo...









