Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko guhera tariki 02, Mutarama, 2025 ingabo ze zizarasa abacanshuro b’Abazungu bakorera mu bice bya Repubulika Iharanira Demokarasi...
Kuri uyu wa Mbere imirwano ikomeye yakomeje hagati ya M23 n’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo, buri ruhande rushaka kwigarurira agace ka Lubero muri Kivu y’Amajyaruguru. Radio Okapi ivuga k...
Biteganyijwe ko Perezida Paul Kagame mu gihe gito kiri imbere ari buhure na Felix Tshisekedi wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo bagahurira muri Angola. Mbere y’uko bahura, ba Minisitiri b’ububanyi n...
Kamwe mu duce M23 iri gushaka kwigarurira mu bindi bice bya Kivu y’Amajyaruguru kitwa Lubero kagiye kumara iminsi 11 harabaye isibaniro hagati yayo n’ingabo za DRC. Kuri uyu wa Kane taliki 12, Ukuboza...
Muri Syria ubuzima bwatangiye gusubira mu buryo nyuma y’uko inyeshyamba zifashe iki gihugu. Biri kuba gahoro gahoro nk’uko bagenzi bacu ba BBC bari yo babyemeza. Bavuga ko abaturage b̵...
Ubwo yakiraga indahiro y’abasirikare baherutse kugenwa ngo babe abacamanza mu rukiko rukuru rwa gisikare, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yabibukije ko ikinyabupfura mu mico no mu myitwarire...
Ingabo za Israel zikorera mu bice byegereye Syria zatangiye kwitegura kuzarwana n’abashobora kuva yo bakayitera cyane cyane ko ingabo z’iki gihugu zamaze guhunga umupaka uri mu bitwa bya Golan( ...
Abagore mu ngabo z’u Rwanda zigize ingabo zirwanira ku butaka zo mu kitwa Battle Group VI cyoherejwe mu butumwa bw’ Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Centrafrique (MINUSCA), baganirije abagore ...
I Harare muri Zimbabwe haraye hanzuriwe ko igihe ingabo za SADC zigize umutwe woherejwe muri DRC witwa SAMIDRC kwirukana inyeshyamba cyongerwaho umwaka. Zoherejwe yo ngo zifashe iz’iki gihugu kw...
Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Mbere tariki 18 Ugushyingo 2024, Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi wemereye u Rwanda miliyoni Є 20 zo gukomeza guhangana n’inyeshyamba ...









