Abasirikare bashya binjijwe mu Ngabo z’u Rwanda (RDF), nyuma yo gusoza amasomo y’ibanze abemerera kwinjira mu mwuga, mu Kigo cy’amasomo y’ibanze ya Gisirikare cya Nasho. Aya masomo yasojwe kuri uyu wa...
Inzego z’Umutekano z’u Rwanda (RSF) zifatanyije n’Ingabo za Mozambique (FADM) zigaruriye ahari indiri y’umutwe w’iterabwoba wa Ansar sunna Wa Jammah (ASWJ) mu duce twa Nhica do Ruvuma na Pundanhar duh...
Abayobozi b’Ingabo zirwanira mu kirere bo mu bihugu bitandukanye bya Afurika bagiye guhurira mu Rwanda, mu nama y’iminsi itanu igamije kubaka ubufatanye bw’izi nzego. Iyi nama ya 11 yiswe African Air ...
Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano kongereye manda y’ubutumwa bwo kugarura amahoro muri Repubulika ya Centrafrique (MINUSCA), ikazarangira ku wa 15 Ugushyingo 2022. Icyo cyemezo cyafa...
Perezida Kagame yavuze ko ingabo z’u Rwanda n’abapolisi bari mu butumwa bwo guhangana n’umutwe w’iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique ubu bagera hafi ku 2000, kandi bakomeje...
Botswana yohereje abasirikare 296 muri Mozambique, nk’itsinda ry’ingabo z’Umuryango w’Ubukungu bwa Afurika y’Amajyepfo (SADC) zoherejwe mu butumwa bwo kugarura amahoro mu Ntara ya Cabo Delgado. Ni ubw...





