RDF yasohoye itangazo kuri uyu wa 24, Nzeri, 2025 rivuga ko hari umusirikare w’u Rwanda wayobye ajya mu Burundi, atabigambiriye. Iryo tangazo rigira riti: “Uyu munsi, ku wa 24 Nzeri 2025, ...
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yavugiye i New York ko iyo u Rwanda ruvuga ko rwacyuye ingabo zarwo ziba mu gihugu cye, biba atari byo. Yabibwiye abanyamakuru baje mu ...
Ku rubuga rwa X/Twitter rw’ingabo z’u Rwanda hatangarijwe ko hari indege yazo itwarwa n’abapilote batayicayeno bita drone yakoreye impanuka i Rutsiro. Ikirere kibi nicyo cyatumye ita...
Umuhuzabikorwa wa AFC/M23 Corneille Nangaa avuga hari abasirikare 7,400 bahunze igisirikare cya DRC bihuza n’umutwe ayoboye. Nangaa avuga ko hari abandi bashaka kugana igisirikare ayoboye bakaza...
Indwara yari amaranye igihe niyo yahitanye Lt Gen Innocent Kabandana, umwe mu basirikare bakuru bakomeye bakoze inshingano nyinshi zirimo no kuyobora inzego z’umutekano z’u Rwanda zoherejw...
I Cairo ntibashira amakenga ibizakurikira igitero simusiga Israel iteganya kugaba muri Gaza ikayigarurira yose. Niyo mpamvu hari gutegurwa uko ku mupaka wayo na Gaza hakongerwa ingabo n’ibikoresho bya...
Maj. Gen Cristóvão Artur Chume ushinzwe Minisiteri y’ingabo za Mozambique ashima ko umuhati wo kugarura amahoro muri Cabo Delgado wagizwemo uruhare n’inzego z’u Rwanda zishinzwe umutekano watumye abar...
Minisitiri w’ingabo za Mozambique witwa Major General Cristóvão Artur Chume, Umugaba mukuru wazo witwa Maj Gen André Rafael Mahunguane n’Umuyobozi wa Polisi y’aho CP Fabião Pedro Nhancololo bari mu R...
Umuyobozi wa Diviziyo ya gatatu y’ingabo z’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Uburengerazuba Maj. Gen Nkubito Eugène yabwiye abatuye Rubavu ko badakwiriye guterwa ubwoba n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR umaze i...
Abantu barindwi nibo babaruwe ko baguye mu mirwano hagati y’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’abarwanyi ba CODECO, umutwe umaze igihe uri mu yindi myinshi ica ibintu mu Ntara ya Ituri. Mu ...









