Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umuryango mpuzamahanga wamagana akarengane na ruswa, ishami ry’u Rwanda, Appolinaire Mupiganyi avuga ko ibiherutse gukorwa mu Ntara y’Amajyaruguru byo kwirukana ...
Minisitiri w’ikoranabuhanga na Inovasiyo Paula Musoni Ingabire avuga ko u Rwanda rufite gahunda yo kuzamura ubumenyi bw’abarwigamo kugira ngo bateze imbere ikorabuhanga muri rusange bityo rigere n’aha...
Guverinoma y’u Rwanda yanzuye ko ibyo gushakisha imibiri itandatu y’abantu baguye mu kirombe kiri mu Murenge wa Kinazi, Akarere ka Huye bihagarara. Hashize iminsi 16, Guverinoma ishakisha abo bantu ba...
Mu Mujyi wa Kigali hateraniye inama yahuje ibigo bya Leta n’iby’abigenga bifite aho bihuriye n’ikoranabuhanga yateguwe n’Ikigo gikwiza ikoranabuhanga RICTA yatangirijwemo ikoranabuhanga bise RINEX. Ri...
Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore, mu Karere ka Nyagatare habereye umuhango wo kuwizihiza ku rwego rw’u Rwanda. Abanyarwandakazi bavuga ko ikoranabuhanga mu itumanaho ryabafashije ...
Umushyikirano w’umwaka wa 2023 ubaye hari hashize imyaka ibiri utaba kubera ibibazo COVID-19 yateje. Waranzwe n’ibintu byinshi ariko bishingiye ku bibazo n’ibitekerezo byatanzwe n’abawitabiriye ku mun...
Raporo ikorwa n’ibigo mpuzamahanga bigenzura uko ruswa irwanywa ku isi yitwa CPI ivuga ko u Rwanda rwasubiye inyuma mu kurwanya ruswa ho imyanya ibiri. Ubu ruri ku mwanya wa kane muri Afurika, rukaba ...
Abayobozi mu nzego z’imibereho myiza cyane cyane iyifatanye isano ya hafi n’abagore bemeza ko kuba Abanyarwandakazi bakoresha ikoranabuhanga bakiri bake, bibadindiza mu iterambere. Kuba ari bake biter...
Minisitiri w’ikoranabuhangana na inovasiyo Paula Ingabire avuga ko kugeza ubu Abanyarwanda benshi bafite telefoni zigendanwa kuko bangana na 82% muri bo abangana na 30% bakaba bafite izikoresha murand...
Muri Mutarama, 2022, abatuye u Rwanda bari abantu Miliyoni 13.44. Abenshi ni ab’igitsina gore kuko bangana na 50.8% mu gihe ab’igitsina gabo ari 49.2%. Mu ntangiriro z’uyu mwaka kandi Abanyarwanda ban...









