Mu kuririmbira abitabiriye iserukiramuco The Giants of Africa bari baje kureba uko rirangizwa, The Ben yacuranze indirimbo Habibi ivuguruye. Yacuranze kandi izindi ndirimbo akoresheje gitari, piyano a...
Mu masaha y’igicamunsi kuri uyu wa Gatanu tariki 18, Nyakanga, 2025 nibwo Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwanzuye ko Ingabire Victoire Umuhoza afungwa iminsi 30 y’agateganyo mu giohe iperereza ryimbit...
Kuri uyu wa 08, Nyakanga, 2025 Victoire Ingabire Umuhoza azitaba Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro aje kuburana ku ifungwa cyangwa ifungurwa ry’agateganyo. Saa yine za mu gitondo kare nibwo iryo burani...
RIB ibisabwe n’Ubushinjacyaha yafunze Ingabire Victoire Umuhoza kugira ngo akorweho iperereza ku byaha ubushinjacyaha bumukurikiranyeho. Hari nyuma y’icyemezo cy’Urukiko Rukuru mu r...
Urukiko Rukuru rwa Kigali, nyuma yo kumva uko yireguye ubwo rwamubazaga ku byerekeye abantu ubushinjacyaha burega ko baba mu ishyaka rye kandi bakaregwa gushaka guhirika ubutegetsi, rwanzuye ko Ingabi...
Umucamanza w’Urukiko Rukuru rwa Kigali yategetse ko Victoire Ingabire arwitaba akabazwa iby’abayoboke bivugwa ko ari ab’ishyaka rye DALFA Umurinzi baregwa gushaka guhirika ubutegetsi hadakoreshe...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe imikurire no kurengera umwana (NCDA), kivuga ubutane hagati y’abashakanye bubangamira uburere bwiza bukwiriye guhabwa abana. Abahanga mu mikurire y’abana bemeza ...
Mu mpera z’Ukwakira, 2024 muri Kigali Convention Center hazabera inama mpuzamahanga iziga ku iterambere ry’ikoranabuhanga rikoresha telefoni. Ni inama yiswe GSMA MWC. Izaba hagati y’italiki 29 n’itali...
Ingabire Paula uyobora Minisiteri y’ikoranabuhanga na Inovasiyo yatangaje ko ikoreshwa rya murandasi mu Rwanda rimaze gukataza kuko 60.6% by’Abanyarwanda bayikoresha. Mu mwaka wa 2011 bari 7% , bivuze...
Mu gusubiza umunyamakuru wamubajije icyo avuga ku bakomeje gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi barimo ababa mu Rwanda nka Ingabire Victoire Umuhoza n’abandi nka Charles Onana baba hanze yarwo, Kagame...









