Mbere y’uko amatora ya Perezida mushya wa FIFA atangira kuri uyu wa Kane taliki 16, Werurwe, 2023 intumwa za federasiyo 211 ziyitabiriye zabanje gutorera ingingo y’uko Zimbabwe na Sri Lanka byakwemerw...
Ari kumwe na Perezida wa FIFA Gianni Infantino, Perezida Kagame yatashye ku mugaragaro Stade ya Kigali ndetse ahita ayiha izina rishya ari ryo Pélé Kigali Stadium. Perezida Kagame na Infantino bari ba...
Umuyobozi w’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’amaguru ku isi, FIFA, Gianni Infantino yatangaje ko amakipe y’ibihugu bya Kenya na Zimbabwe ahagaritswe kubera ko abayobozi ba Politiki muri ibi bihugu biva...
Mu Nteko yaguye ya 71 ya FIFA yaraye iteranye, hatowe abayobozi bashya ba za Komite ziyobora udushami twa FIFA. Muri zo harimo n’ishinzwe guperereza ku myitwarire idahwitse ishobora kuvugwa ko bakozi ...
Perezida Paul Kagame yasabye ko abayobora umupira w’amaguru bahindura imyumvire, bagahora bazirikana ko uyu mukino ufite uruhare mu kuzana impinduka abatuye Afurika bakeneye. Kuri uyu wa Gatandatu yit...
Nyuma yo gufungura ku mugaragaro ikicaro cya FIFA mu Rwanda, Perezida wa FIFA Gianni Infantino yagiranye ibiganiro na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Gianni Infantino. Infantino yari ari kumwe...
Umuyobozi Mukuru wa FIFA Bwana Gianni Infantino ari mu Rwanda aho agiye gufatanya na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta gufungura ikicaro cya FIFA mu Rwanda. Inama y’Abamini...
Ku basanzwe bakurikirana imikorere ya FIFA muri iki gihe, bemeza ko ibyayo biri gusubirwamo. Imwe mu ngingo yaraye ifatiwe mu Nama y’Abaminisitiri muri Guverinoma y’u Rwanda y’uko FIFA yagira icyicaro...







