Bavuga ku ‘utabizi yicwa no kutabimenya’ kandi uku ni ukuri ku ngingo nyinshi. Ku byerekeye imiririre iboneye, ingo zo mu cyaro cyo mu Rwanda zimaze igihe zihugurirwa uko bategurira abana indyo yuzuy...
Kuri uyu wa Gatatu ku isi hose hari umunsi mpuzamahanga wahariwe kwihaza mu biribwa. Mu Rwanda hari ingo zirenga 20% zitarya gatatu ku munsi kandi indyo ikaba ari nkene. Abo muri Sosiyete sivile basab...
Imvugo y’uko umwana ari nk’igiti kigororwa kikiri gito ifite uburemere haba mu kumutoza imico myiza haba no mu kumurinda indyo mbi imugwingiza kuko iyo agwingiye mu myaka ibiri ya mbere, kubimuvura bi...
Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ibiribwa, Ishami ry’u Rwanda, Coumba Sow avuga ko indyo gakondo y’Abanyarwanda yari ikize ku byubaka umubiri, ibiwukomeza n’ibirinda indwara ariko...
Ababyeyi bo mu Karere ka Nyamasheke bamaze igihe babwirwa ko kugira ngo umwana ave mu igwingira ari ngombwa ko ahabwa indyo nzima, akarindwa umwanda kandi yarwara akavuzwa hakiri kare. Kubyumva no kub...
Abahanga mu miterere n’imikorere y’umubiri bavuga ko cancer ziterwa n’uko imikorere y’uturemangingo fatizo ihindura uko yakoraga, igatangira gukora mu buryo budasanzwe, urugingo bibereyemo rukarwara. ...




