Bimwe mu bibazo Komisiyo ya Sena y’u Rwanda iherutse gusanga mu mitangire ya Serivisi mu rwego rw’ubuzima, harimo ko hari ibitaro bitagira umuganga w’inzobere kandi byaragizwe Ibitaro bikuru. Indi mb...
Yitwa Melinda French Gates akaba yarahoze ari umugore w’umuherwe w’Umunyamerika William Henry Gates III uzwi ku izina rya Bill Gates. Melinda yanditse kuri Twitter ko iyo urebye uko u Rwanda rukoresha...
Mu rwego rw’ubufatanye hagati ya Israel n’u Rwanda, Ambasaderi w’Israel mu Rwanda Dr Ron Adam yayoboye umuhango wo gutanga ibitanda by’abarwayi bizafasha ibitaro bya Kaminuza bya Kigali, CHUK, n’ibya ...
Virusi iherutse gutangazwa ko yagaragaye henshi mu Burayi ubu imaze kugera mu bihugu 16 by’i Burayi. Kugeza ubu kandi inzego z’ubuzima mu Burayi zasabwe gutangira gutegura uburyo bwo gukingira abatura...
Umwe mu bayobozi mu Kigo cy’igihugu cy’ubuzima ushinzwe Ishami ryo kurwanya igituntu, Dr Patrick Migambi avuga ko imibare yatanzwe n’Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare , NISR, yerekana ko 60% by’A...
Inzego z’ubuzima za Cameroun zifatanyije n’iz’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye zatangaje hari Intara za Cameroun zugarijwe n’indwara ya macinya myambi( chorela) ikaba imaze kwica abantu 34. Kugeza ubu ...
Kubera akazi abantu muri iki gihe bakora n’amafaranga batunze, bamwe bahitamo kurya ibiryo bita fast food, ibi bikaba ari ibiryo bitunganyirizwa mu bikoni by’abatanga serivisi z’imirire n’iminywere ar...
Hari amakuru atangazwa n’ibinyamakuru byo muri Aziya avuga ko muri Israel hadutse indwara yitwa Florona iyi ikaba ifite ibimenyetso nk’ibya COVID-19 ariko ikiyongeraho ibicurane bikomeye bita Influenz...
Abakora mu nzego z’ubuzima muri Guinea baratangaza ko hari umuntu wahitanywe n’indwara iterwa na Virusi yitwa Marburg kandi ngo iyi ndwara nidakumirwa hakiri kare ishobora kuzaba icyorezo kimwe na Ebo...
Taarifa yabajije Dr Aimable Mbituyumuremyi ushinzwe ibikorwa byo kurwanya Malaria mu Kigo cy’igihugu cy’ubuzima aho ubwandu bwayo buhagaze mu Rwanda avuga ko Malaria igihari kandi ifata benshi. Avuga ...









