Mu Karere ka Ngororero haravugwa indwara abantu bahimbye Tetema ikaba yibanda ku bakobwa. Iravugwa mu kigo cy’amashuri kitwa College Amizero Ramba. Ubuyobozi bw’iri shuri buvuga ko iyi ndwara imaze im...
Abaganga baherutse gusangana umuhanzikazi wo muri Canada witwa Céline Dion indwara idakunze kugaragara mu bantu bita Stiff Person Syndrome (SPS). Ni indwara yibasira ibice by’ubwonko bikorana n’inging...
Mu bihugu bikize bari mu byishimo nyuma y’uko ikigo Biogen gitangaje ko cyakoze umuti wari umaze imyaka myinshi ukorerwaho ubushakashatsi ngo uzafashe ubwonko bw’abantu bageze mu zabukuru gukomeza kwi...
Urwego rw’ubuzima muri Uganda rwatangaje ko abantu barindwi bamaze gusuzumwa basanganwa ubwandu bwa Ebola. Kugeza ubu umwe niwe imaze guhitana. Mu gihe hari barindwi byemejwe ko bayanduye, hari abandi...
Umuteramakofe wacyuye igihe witwa Mike Tyson wigeze kuba uwa mbere ku isi mu gihe kirekire, asigaye agendera mu igare rifasha abafite ubumuga kandi ntagishobora kuvuga neza. Yarwaye indwara idakunze ...
Raporo yakozwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima n’irishinzwe kwita ku bana, itangaza ko bibabaje kuba hafi ½ cy’amavuriro hirya no hino ku isi nta bukarabiro bwujujwe ibisabwa byos...
Nkusi Thomas wari uzwi nka Yanga, wamenyekanye cyane mu gusobanura Filime mu Kinyarwanda yitabye Imana. Inkuru ye itangajwe nyuma y’indi y’urupfu rwa Buravan wari umuhanzi w’indirimbo ukunzwe. Mu min...
Umwe mu bahanzi bari bakunzwe kurusha abandi witwa Yvan Buravan yapfuye. Yaguye mu Buhinde azize cancer y’urwagashya nk’uko byatangajwe n’abasanzwe bakurikirana inyungu ze. Apfuye akenyutse kuko yari...
Indwara ihangayikishije isi Abanyarwanda bise ubushita bw’inkende(Monkeypox) iravugwa muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ahitwa Maï-Ndombe. Inzego z’aho z’ubuzima zivuga ko abantu 114 ari bob amaz...
Umugabo utatangajwe amazina niwe Munyamerika wa mbere wanduye imbasa mu myaka irenga 10 ishize. Kuba uriya mugabo yanduye iriya ndwara isa n’iyacitse ku isi ni ikintu cyatumye abakora mu nzego z’ubuzi...









