Prof Denis Mukwege uri mu biyamamariza kuzayobora DRC avuga ko abaturage nibamutora azabigisha uko Umukongomani nyawe atekereza n’uko yitwara. Avuga ko kugira ngo DRC ibe igihugu kizima, ari ngombwa ...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, WHO, rivuga ko mu Majyaruguru y’Ubushinwa hari indwara y’ubuhumekero iri gufata abana. Ituma bahumeka nabi kandi bakagira umusonga. Ikinyamakuru cy’Aba...
Ubuyobozi muri Minisiteri y’ubuzima bufatanyije n’ubw’ikigo IRCAD bafunguye mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro ikigo abahanga mu buvuzi bwo kubaga indwara zo mu nda bazajya bakoreramo ubushaka...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi cyatangije igikorwa cyo guha aborozi inkwavu zifite amaraso mashya mu rwego rwo kuvugurura icyororo cy’inkwavu mu Rwanda. Intego ni ugufash...
Yvan Burabyo wakundwaga ku izina rya Buravan yatabarutse taliki 16, Kanama, 2022 azize uburwayi yari amaranye igihe gito. Yari umuhanga mu buhanzi akaba muto myaka ariko akagira igikundiro cyagizwe na...
Imibare itangwa n’inzego z’ubuzima z’u Rwanda igaragaza ko Intara y’Amajyepfo ari yo ifite umubare munini w’abarwara igicuri. Iyi ni indwara igaragarira cyane cyane mu gutakaza ubwenge, uwifashe akiku...
Abaturage bo mu Murenge wa Kigali mu Karere ka Nyarugenge baraye batashye ikigo nderabuzima gishya bubakiwe ku bufatanye bw’uyu Murenge n’ikigo kitwa Trinity Center for World Mission gikora imirimo y’...
Jose Chameleone yavuye mu bitaro nyuma y’igihe runaka yari amaze mu bitaro kubera kwibasirwa n’uburwayi bwo mu nda. Yari arwariye mu bitaro byitwa Aline Medical Hospital Minneapolis muri Leta ya Minne...
Leta ya Florida mu zindi zigize Leta zunze ubumwe z’Amerika yatangaje ko indwara ya Malaria yatangiye kuba ikibazo kuko abaturage bayo bakomeje kuyandura. Malaria ni indwara iterwa n’umubu w’ingore bi...
Amajyambere agira ikiguzi. Kubera ko ubuzima bw’Abanyarwanda muri rusange n’ubw’abatuye Umujyi wa Kigali by’umwihariko bwateye imbere, bamwe bagize amafaranga batangira kurya ibikize ku byubaka ...









