Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, RBC, cyatangaje ko mu bitaro hirya no hino habonetse indwara ya Marburg. Ni indwara ikomeye iterwa na virusi. Itangazo rya RBC riragira riti: “Mu bitaro bitandukany...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere Ubuhinzi n’Ubworozi, RAB, kivuga ko mu Karere hari amatungo 18 zamaze kugaragaraho indwara y’ubuganga. Iyo inka itavujwe vuba na bwangu iraremba bikayiviramo u...
Prof Mambo Muvunyi Claude yabwiye abahanga bitabiriye Inama mpuzamahanga mu buvuzi n’ubuzima ko ari ngombwa ko ibyavuye mu bushakashatsi bihuzwa n’ibibazo bihari kugira ngo haboneke ibisub...
Phocas Mazimpaka ushinzwe ishami ryo gukumira indwara mu Kigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima avuga ko abashakashatsi b’iki kigo bari gukora igerageza ngo barebe akamaro ko gukumira malaria binyuze mu gu...
Ikoranabuhanga mu guhindura utunyangingo tw’ibihingwa hagamijwe kubyongerera umusaruro ryitwa Genetic editing rigiye gushyiramo imbaraga mu buhinzi bw’u Rwanda kugira ngo ibihingwa byere kurushaho. Ib...
Mu Karere ka Nyagatare haravugwa indwara inzego z’ubuzima zitaratangaza iyo ari yo yatumye abanyeshuri 150 bajyanwa mu bitaro bya Nyagatare no mu bigo nderabuzima biri muri aka Karere. Radio/TV 10 ivu...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, RBC, kivuga ko Abanyarwanda 41% barwaye inzoka zo mu nda n’izindi ndwara zititaweho. Abantu bakuru nibo bugarijwe cyane kuko muri abo tuvuze haruguru, abagera kuri ...
Ibi byemezwa n’Ikigo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe kugenzura no kurwanya indwara, CDC. Kivuga ko indwara ya Coronavirus yihinduranyije izwi nka JN.1 iri gukwirakwira muri Amerika ku muvud...
Hashize iminsi amatungo yo mu Mirenge ya Gahini, Mwiri na Murundi mu Karere ka Kayonza agaragaje ibimenyetso by’indwara y’uburenge. RAB ivuga ko hashingiwe kuri ibyo bimenyetso, mu rwego rwo kurinda k...
Ambasaderi w’Amerika mu Rwanda Eric Kneedler avuga ko igihugu cye cyatanze Miliyoni $85 azashyirwa mu mishinga ibiri igamije kurushaho guha abaturage serivisi nziza mu buzima. Amb Kneedler avuga ko iy...









