Ikawa ni kimwe mu binyobwa bitari amazi bikundwa kurusha ibindi ku isi. Bamwe bavuga ko ihumura neza, abandi bakemeza ko itera akanyabugabo mu kazi, ariko abahanga bo bavuga ko irinda umwijima kubyimb...
Ni inyamaswa idasanzwe haba mu miterere y’umubiri wayo no mu miterere y’ubudahangarwa bwawo. Uretse kuba ari inyoni iguruka, agacurama gafite isura y’imbwa. Iyi nyamaswa ivanze gusa n’imbwa kandi ik...
Abantu bakuru bafite guhera ku myaka 75 kuzamura bakunze kugira ikibazo cyo kwibagirwa.Ubu muri Amerika hakozwe umuti wa mbere urinda ko uturemangingo nyabwonko dushinzwe kubika amakuru mu gihe kirek...
Hari abantu batekereza ko umuntu mwiza( ku ruhu) ari uw’inzobe, ibi bigatuma bamwe bakoresha amavuta arimo ikinyabutabire kitwa bita hydroquinone kugira ngo babe inzobe. Kuba inzobe utaravutse uriyo b...
Mu Buhinde hadutsemo indwara idasanzwe yica 50% by’abo yafashe cyangwa igakira bakuyemo umurwayi ijisho. Bayise mucormycosis. Igihangayikishije ni uko abo yibasira ari abakize cyangwa abakirutse...
Ibitaro bya Ruhengeri byatangaje ko izamuka ry’impfu z’abana bavuka batagejeje igihe ryagaragaye cyane muri Gicurasi 2020, ryatewe na mikorobe zidasanzwe zibasiye aho bafashirizwa. Mu byum...
Minisiteri y’Ubuzima binyuze mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, yatangaje ko yiteguye gufasha abantu bose bazagira ihungabana muri ibi bihe byo kwibuka ku nshuro ya 27 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1...
Perezida Paul Kagame yaraye agejeje ijambo ku banyacyubahiro bitabiriye inama yatangirijwemo uburyo byo guhangana n’indwara zirengagijwe bita Neglected Tropical Diseases. Yasabye ibihugu by’Afurika gu...







