Aho bumviye ko muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu Ntara ya Kasaï hadutse Ebola ndetse ikaba imaze kwica abantu 15, abaganga bo muri Uganda batangiye gufata ingamba zo kuyirwanya. Abasomyi bamen...
Muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo batangiye gukingira Ebola, bahera ku baturage bo mu Ntara ya Kasaï Abahereweho ni abakora mu rwego rw’ubuzima kuko ari bo bita ku banduye, OMS ikavuga ko bizako...
Itangazamakuru ryo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo guhera kuri uyu wa Kane rivuga ko indwara ikomeye yitwa Ebola yongeye kugaragara mu Ntara ya Kasaï. Ebola ni indwara mbi kuko uwo yafashe aken...
Guhera muri Mutarama, 2025 kugeza ubu abantu 950 bamaze gupfa bazize macimyamwambi( cholera ), mu gihe abantu 38,000 bamaze kuyirwara bakaba barakize. Ni imibare yatangajwe n’Umuvugizi w’Umunyamabanga...
Mu Mujyi wa Kigali harabera inama y’iminsi itatu ihuje abahanga mu binyabuzima baturutse muri Afurika ngo bige uko udukoko tuva mu bidukikije tutakomeza kwanduza abantu. Ni inama yitwa SBA 4.0 SynBio ...
Mu Bwongereza havutse abana umunani bakomoka ku babyeyi batatu badahuje amaraso na gato. Ni ikintu kibayeho bwa mbere mu mateka y’ubushakashatsi mu kubyaza kuko amaraso y’abo bana nta kibazo yerekana ...
Imibare itangwa n’inzego z’umutekano ni ukuvuga Rwanda Defence Force na Rwanda National Police ivuga ko mu gihe abazikorera bagiye kumara baha serivisi z’ubuvuzi abatuye Rulindo, bazavura abantu 10,00...
Ubwo bajyaga ku bitaro bya Kiziguro gusura umubyeyi wabo wahajyanywe n’ubuyobozi bw’Umurenge ngo avurwe, abana ba Mukandoli Ange babwiwe ko atari buhabwe indi miti kuko iya mbere itishyuwe...
Mu Kagari ka Ndatemwa, Umurenge wa Kiziguro mu Karere ka Gatsibo hatuye umukecuru w’imyaka 71 urwaye indwara yamurembeje guhera muri Nyakanga, 2024. Siyo gusa imurembeje ahubwo n’inzara ntimworo...
Mu Mirenge y’Akarere ka Rutsiro habaruwe ingurube zirwaye indwara iterwa n’agakoko ka bacteria Abanyarwanda bise ‘Muryamo’. Utwo dukoko iyo tugeze mu rwungano rw’igogora mu nda y’itungo tugatuma ingur...









