Umuhanzi Clarisse Karasira yatangarije kuri Instagram ye ko kuri uyu wa Mbere taliki 16, Gicurasi, 2022 azasohora indirimbo yahimbiye umwana atwite. Yanditse ku rukuta rwe rwa Instagram ati: “ Umwuzuk...
Amashusho Indirimbo Inyegamo ya Nyagasani Umuraperi Riderman aherutse gukorana n’umugore uyobora Studio Ibisumizi witwa Chrissy Neat yasohotse. Riderman yabwiye Taarifa ko umwihariko uri mu mashusho y...
Kuri uyu wa Kabiri taliki 19, Mata, 2022 nibwo Dr Jacques Buhigiro waririmbye indirimbo zirimo Amafaranga, Agahinda karakanyagwa n’izindi ari bushyingurwe. Uyu musaza uri mu bahanzi b’Abanyarwanda bo ...
Umwe mu baraperi bakomeye mu Rwanda kandi ubimazemo igihe witwa Riderman yasohoye indirimbo aho avuga ko Abanyarwanda bagomba kurinda u Rwanda inkongi nk’uko Abatambyi bayirinda Isinagogi. Iyi ndirimo...
Umuhanzi uri mu bakomeye bakora indirimbo zaririmbiwe Imana witwa Mbonyicyambu Israel ariko uzwi ku mazina ya Mbonyi yasohoye indirimbo yise Icyambu. Avuga mo uko ijambo ry’Imana ryamubereye icyambu H...
Sylvester Stallone wamenyekanye cyane ku izina rya RAMBO ryitiriwe filimi yakinnye igakundwa cyane ku isi mu mpera z’imyaka ya 1980, agiye gukinana na 50 Cent mu gice cya kane cya The Expendables kiz...
Umwanditsi w’indirimbo akaba n’umuhanzi Mike Kayihura yakiriwe mu kiganiro kitwa Africa 360 cya BBC. Ni ikiganiro abahanzi b’abahanga kurusha abandi muri Afurika bakirwa, bakavuga ku bihangano byabo. ...
Ku rukuta rwe rwa Twitter Umuhanga Ngabo Medard wamamaye nka Meddy yatangaje ko ubu yakiriye Yesu mu mutima we ngo amubere umwami n’umukiza. Ngo hari abo yabibwiye bagira ngo ni igiparu! Meddy uheruts...
Mecky Kayiranga asanzwe ari umwanditsi muri kimwe mu binyamakuru bikorera kuri Murandasi mu Rwanda. Yasohoye indirimbo ya mbere ivuga iby’urukundo mu bantu mu gihe afite izindi zirenga 16 zivuga ku bu...
Umuhanzi Bruce Melodie ufite amazina yahawe n’ababyeyi be ariyo Itahiwacu Bruce ari mu bahanzi bagirirwa ikizere muri iki gihe. Ubu yahawe isoko ryo gufatanya n’undi witwa Dip Doundou Guiss ukomoka mu...








