Ama G The Black ( amazina ye ni Hakizimana Amani) yavuze ko abahanzi nyarwanda bo muri iki gihe baririmba ‘ibintu bitumvikana.’ Avuga ko biterwa no ‘kudabagira.’ Kudabagira ni inshinga y’Ikinyarwanda ...
Radio France Internationale muri iki gihe iri gucishaho indirimbo y’Umunyarwandakazi Alyn Sano yiswe Say Less. Mu Kinyarwanda ni ‘Vuga Uziga’ Ni indirimbo yakoranye na bagenzi be Fik Fameica na Sat B....
Rastaman wo muri Côte d’Ivoire witwa Alpha Blondy yasohoye indirimbo avuga ko nta cyabuza izuba kurasira u Rwanda. Avugamo ko ibihe bibi rwaciyemo rwamaze kubisiga inyuma, ubu rurangamiye ejo hazaza k...
Indirimbo Lift Me Up ya Rihanna niyo iri guca ibintu mu masaha make ashize ayirekuye. Abafana be ibyishimo ni byose kubera uyu mugore uherutse no kwibaruka imfura ye yabyaranye n’umuraperi A$AP Rock...
Hari abemeza ko umuraperi w’Umunyarwanda witwa Riderman ari we umaze igihe muri aka kazi kandi witwaye neza kurusha abandi. Abamuzi bavuga ko muri rusange Riderman ari umusizi kandi ukora neza bikanyu...
Nyuma ya rwaserera yatejwe n’umukire w’i Burundi wamushyitse ku nkenke ngo amwishyure amafaranga undi akayamuha ari ntanyurwe, akamwaka andi kandi mu buriganya, umuhanzi w’Umunyarwanda Bruce Melodie y...
Hari hashize imyaka itanu abavandimwe babiri bahoze bakorana mu itsinda ry’umuziki bise P-Square bahagaritse gukorana. Ubu batangaje ko basubiranye kandi bagiye gukora ibitaramo bizagera mu mijyi 100 ...
Umuhanzi Semivumbi Daniel wamamaye nka Danny Vumbi yapfushyije Nyina wataburutse mu buryo butunguranye. Uyu muhanzi yabwiye IGIHE ko mu mwaka washize Nyina yasuzumishijwe basanga arwaye umutima baram...
Mike Kayihura ni umwe mu bahanzi b’Abanyarwanda uzi kwandika no kuririmba neza indirimbo ziri mu Cyongereza. Mu mpera za Kamena, 2022 azajya gususurutsa abaturage b’i Kampala mu gitaramo yise ‘A Night...
Mu gihe habura igihe gito ngo umuhanzi Clarisse Karasira yiburuke imfura ye, yayisohoreye indirimbo yise ‘Kaze Neza’. Kuri Instagram hari abafana be bashimye iriya ndirimbo ariko abandi baramubaza bat...









