Umuraperi uri mu babanjirije abandi kandi ukunzwe kuva yatangira umuziki kugeza ubu witwa Riderman avuga ko mugenzi we Bruce Melodie ukora indirimbo zisanzwe ari umuhanga k’uburyo ntawavuga ko amwanga...
Mu gihe kidahindagurika, muri Camp Kigali hagiye kujya habera igitaramo gihuza abahanzi nyarwanda bakora ibihangano nyarwanda mu nzego zitandukanye babimurikire ababikunda. Ni mu gitaramo bise Kigali ...
Kanoheli Christmas Ruth ufite izina ry’akazi ko gutunganya umuziki rya Chrisy Neat yasubiye mu ndirimbo ‘Urungano’ ya Cyprien Rugamba. Yabwiye Taarifa ko yisohoye mu rwego rwo gukumbuza uzayumva wese...
Kuri iki Cyumweru taliki 19, Kanama, 2023 nibwo iserukiramuco rya Giants of Africa ryaraye rirangiye, rirangizwa n’igitaramo cy’imbaturamugabo cyitabiriwe n’abahanzi bakomeye bo muri Nigeria ari bo Ti...
Yvan Burabyo wakundwaga ku izina rya Buravan yatabarutse taliki 16, Kanama, 2022 azize uburwayi yari amaranye igihe gito. Yari umuhanga mu buhanzi akaba muto myaka ariko akagira igikundiro cyagizwe na...
Emerance Bwiza umwe mu bakobwa bahagaze neza mu muziki w’u Rwanda, yatangarije kuri Twitter ko agiye kugarura mu muziki umugore wamamaye cyane mu muziki guhera mu mwaka wa 2008 kuzamura witwa Miss Joj...
Umuraperi w’Umunyamerika uri mu bamamaye kurusha abandi ku isi witwa Lil Wayne avuga ko muri iki gihe yibagiwe indirimbo ze zo hambere zatumye aba icyamamare. Rwose yeruriye Rolling Stone ko nta kintu...
Abahanzi Vestine & Dorcas bari hafi gufata indege bagana muri Canada kubaririmbira. Aba bavandimwe bazerekeza mu kirere cyo mu Majyaruguru y’Amerika nyuma y’igihe gito bamuritse umuzingo bise ‘Nah...
Umuririmbyi uri mu bamamaye kurusha abandi ku isi ukomoka muri Amerika witwa Britney Jean Spears yasabye abafana be kumubabarira bakamuha agahenge kubera ko hari n’abarengera bakamwoherereza ubutumw...
Umuhanzi wo muri Tanzania, Harmonize yaarye ageze i Kigali. Bivugwa ko aje kwitemberera kuko nta gitaramo yatangaje. Akigera ku kibuga cy’indege cya Kigali yakiriwe na mugenzi we ukunzwe mu Rwanda ku...








