Biherutse gutungura kandi birakaza abagize itsinda rya Sudani y’Epfo bitabiriye imikino olempiki ubwo bumvaga hacuranzwe indirimbo itari iy’igihugu cyabo. Icyo gihe hacuranzwe iya Sudani; igihugu Suda...
Ubwo umwe mu bapasiteri ukomeye kandi uririmbira Imana witwa Mike Kalambayi yakoreshaga igitaramo abantu bakuzura umwuka wera, baje gukandagirana hapfamo barindwi. Radio na Televiziyo bya Repubulika y...
Jean de la Croix Havugimana ni umuhanzi ukizamuka wo mu Karere ka Huye. Hamwe n’umugore, baherutse gusohora indirimbo bashima ibyiza Paul Kagame uherutse gutorerwa gukomeza kuyobora u Rwanda yagejeje ...
Umuhanzi ukora indirimbo zihimbaza Imana witwa Gaby Kamanzi avuga ko kuba u Rwanda rwarubatswe rukaba rugeze aho ruri ari ukuboko kw’Imana rubikesha. Avuga ko Imana ikunda u Rwanda kandi ko igihe cyos...
Umwe mu bahanzi bakomeye mu Rwanda Niyo Bosco yatangaje ko yiyeguriye kuririmba indirimbo zihimbaza Imana. Aherutse kubwira itangazamakuru ko imibereho ye muri iki gihe ikubiyemo kwiyegurira Imana no ...
North West w’imyaka 10 y’amavuko yatangaje ko ageze kure imyiteguro yo gusohora alubumu ya mbere yise ‘ Elementary School Dropout’. Niwe mwana wa mbere ku isi ku myaka 10 uzaba usohoye alubumu y’indi...
Timothée Ngombwa ni umwe mu bantu bahimbye indirimbo nyinshi kuko yemeza ko zirenga 100 zirimo izagize uruhare mu rugamba rwo kubohora igihugu. Izo zirimo nka Ziravumera, Ziganjamarembo, n’izindi. A...
Umuhanzi Ruhumuriza James wamenyekanye nka King James yatangaje ko agiye gufasha uwitwa Manick Yani ngo azamure urwego rw’umuziki akora. Uyu muhanzi yabwiye itangazamakuru ko yatangiye umuziki m...
Abagize itorero riririmba rikanahamiriza Kinyarwanda ryitwa Ibihame by’Imana batangaje ko bagiye gutangiza igitarama ngarukamwaka kizajya kuba muri Mutarama ya buri mwaka. Bakise ‘Mutarama Turatarama’...
Umuhanzi Jean Marie Muyango avuga ko agiye kumurika alubumu ya kane yise Imbanzamumyambi iriho n’indirimbo avuga ko yahimbiye Perezida Paul Kagame. Azayimurika kuri iki Cyumweru taliki 24, Ukuboza 20...









