Clémentine Uwitonze wamamaye mu muziki w’u Rwanda ku izina rya Tonzi avuga ko hari alubumu ya 10 ari gutunganya izasohoka mu gihe gito kiri imbere. Asanzwe ari umwe mu bahanzi baririmba indirimbo zihi...
Abahanzi babiri bari mu bo urubyiruko rukunda ari bo Ariel Wayz na Juno Kizigenza baherutse kugaragarizanya urukundo ku munsi w’amavuko wa Kizigenza. Muri iki gihe abo bahanzi bongeye kwerekana urukun...
Imwe muri Chorali za mbere zabaye mu Rwanda( yashinzwe mu 1968) yitwa Hoziana ivuga ko hari igitaramo cy’iminsi itatu izakora mu minsi mike iri imbere. Ubuyobozi bw’iyi Chorale buvuga ko abantu bazaza...
Umunyafurika y’Epfo[kazi] wamamaye ku izina rya Tayla yahembwe ibihembo bitatu byateguwe n’ikigo cy’Abanyamerika gihemba abahanzi b’indashyikirwa ku rwego rw’isi, kimuha ibihembo bitatu bya MTV Awards...
Abayobozi muri Chorale yitwa Christus Regnat batangaje ko bazakusanya amafaranga bakayageza ku bashinzwe gahunda ya Leta yo kugaburirira abana ku mashuri yiswe Dusangire Lunch. Perezida wa Chorale Chr...
Céline Uwase ni umuhanzi utaragera kure cyane mu mwuga we. Gusa ni umwe mu bahanga baririmbira Imana indirimbo ziyihimbaza. Mu ndirimbo aherutse gusohora, harimo ubutumwa bugenewe ab’ubu bagaragara n...
Umuhanzi Butera Knowles aherutse gutaramira Abanyamerika mu gitaramo kiswe African Rhythms bishimira inganzo ye. Igitaramo cye cyateguwe n’ikigo Global Livingstone Institute. Butera yavuze ko yanyuzwe...
Umuhanzi Bikem wa Yesu( asanzwe yitwa Emmanuel Bikorimana) avuga ko intego ye mu myaka itanu iri imbere ari uko Abakristo muri rusange bazaba bazi indirimbo byibura 150 mu zigize igitabo cy’indirimbo ...
Umunyarwand uririmbira Imana witwa Israel Mbonyicyambu amaze iminsi ibiri muri Uganda ashimisha abafana be. Yararabaririmbiye asiga bamwishimiye kurushaho. Igitaramo cye cyatangiye taliki 23 kirangira...
Imyaka ibaye ibiri umuhanzi wari inyamamare kurusha benshi mu Rwanda Yvan Buravani atabarutse. Taliki 17, Kanama, 2022 nibwo inkuru mbi yasesekaye ko Burabyo Yvan yapfuye nyuma y’igihe runaka yari ama...









