Mu mugoroba wo kwishimira uko kwita ingagi ku nshuro ya 20 byagenze, ab’imena mu batumiwe bazasusurutswa n’itsinda ricuranga Zouk ryitwa Groupe Kassav. Bizabera muri Kigali Convention Center mu masaha...
Umunyarwandakazi ukora umuziki kandi bisa n’ibyahiriye, Alyn Sano yasobanuriye itangazamakuru ry’imyidagaduro ko hari ikigo cyo muri Amerika(Label) bagiranye amasezerano y’imikoranire ariko kiramuvuni...
Umuhanzi Mike Kayihura avuga ko impamvu yari amaze igihe adasohora indirimbo ari uko hari amasezerano yari yarasinye atabanje kuyasesengura neza, bituma amuzitira mu gusohora indirimbo uko abishatse. ...
Emérance Bwiza, umuhanzi nyarwanda ubihagazemo neza avuga ko indirimbo aherutse gusohora yise Martha yayihimbye yisunze ubutumwa bukubiye mu yindi ya mukuru we mu buhanzi witwa Miss Jojo yise Beretiri...
Richard Nick Ngendahayo iri mu bahanzi bamamaye kurusha abandi mu baririmba izihimbaza Imana yasohoye indirimbo yise ‘Amenya’, ikabanziriza igitaramo ateganya vuba mu mpeshyi iza. Iyo ndirimbo izajya ...
Inyoni zifitiye abantu akamaro kanini haba mu kubarinda binyuze mu kurya inigwahabiri zirimo imibu, amasazi, amajeri n’utundi dukoko dushobora kubanduza indwara. Hejuru y’ibi, hiyongeraho ko n’i...
Korali Hoziana ivuga ko yahinduye mu Giswayili indirimbo yayo yamenyekanye kurusha izindi yise Tugumane Mwami. Mu Giswayile bayise “Kaa Nami”. Kuri uyu wa Kabiri nibwo ubuyobozi bwa Hoziana bwatangaj...
Richard Nick Ngendahayo umwe mu bahanzi baririmbye kandi bagakundirwa kuririmba indirimbo zihimbaza Imana mu myaka yaza 2000 ariko akaza kubihagarika, avuga ko yagarutse ngo akomereza muri uwo mujyo. ...
Hilde Cannoodt ni Umubiligikazi utuye mu Rwanda usanzwe ubyina mu Itorero Inganzo Ngari. Ashobora kuba ari we Munyaburayi wenyine( cyangwa se akaba umwe muri bake) ubyina indirimbo gakondo nyarwanda k...
Ubuzima bw’umugore w’icyamamare Théo Bosebabireba bugeze ahabi kubera kurwara impyiko. Aho mu bitaro ari gukorerwa ubuvuzi bwo kuyungurura impyiko bita dialyse. Umugore wa Bosebabireba yitwa Mushimiyi...









