Kigali: Guhera kuri uyu wa Mbere taliki 10, kuzageza taliki 14, Kamena, 2024 mu Rwanda harabera inama mpuzamahanga yitabiriwe n’abantu 1200 yiga uko murandasi yakoreshwa n’abatuye isi bose kandi mu nd...
Inteko y’igihugu y’Ururimi n’Umuco itangaza ko Abanyarwanda b’i Kigali iyo bahuriye hamwe( mu nama cyane cyane) Icyongereza ari rwo rurimi bakoreshwa cyane. Kihariye 42.6%, nyuma hagakurikiraho ...
Kuba u Rwanda rutuwe n’abaturage bakuriye ahantu no mu mico bitandukanye biri mu mpamvu nkuru zatumye ubushakashatsi bw’ikigo y’ibarurishamibare busanga 54% by’Abanyarwanda bose bafite cyangwa bareng...
Raporo yiswe La Langue Française Dans Le Monde, Synthèse 2022 itangaza ko 65% by’Abanyarwanda bize Igifaransa ariko abakizi neza bangana na 38%. Iriya raporo yavuze ko Abanyarwanda bize Igifaransa( b...
Ni rumwe mu ndimi z’Abanyafurika nke ziri kuri Google Translate, iyi ikaba ari imashini ya Google ifite z’amahanga ikazihindura mu ndimi zikomeye ku isi ni ukuvuga Icyongereza, Igifaransa, Icyesipanyo...




