Ikigo cy’Abanyamerika gitwara abantu n’ibintu mu kirere kitwa Boeing cyemeye kuzishyura abashoramari Miliyoni $200 kubera ko cyababeshye ko nibashora mu ndege zabo bazunguka kuko zifite ubuziranenge. ...
Bitarenze umwaka wa 2040, ikigo cy’Abanyamerika gitwara abantu n’ibintu mu kirere kitwa Boeing kivuga ko kizaba gikoresha indege nshya 1,010, zifite agaciro ka Miliyari $176. Intego ni ugushaka ...
Perezida Paul Kagame yasabye abitabiriye Inama mpuzamahanga yiga uko ibyo gutwara abantu n’ibintu mu ndege byakoroshywa, ko bagomba kureba uko ibihugu by’Afurika byashyira mu bikorwa amasezerano yo gu...
Politico yanditse ko nta muyobozi wo ku isi wemerewe kuzajyana indege ye mu Bwongereza ubwo bazaba bagiye gusezera bwa nyuma k’umwamikazi Elisabeth II uherutse gutanga. Abakuru b’ibihugu byose byo ku ...
Mu gihe bamwe bakeka ko umwuka w’intambara hagati y’u Bushinwa na Taiwan wahosheje, ku rundi ruhande impande zombi zikomeje gukora ibikorwa bamwe bavuga ko bitinde bitebuke bizateza intambara yeruye. ...
Hari ikinyamakuru cyo muri Aziya cyanditse ko ubwo indege 30 z’u Bushinwa zinjiraga mu kirere cya Taiwan, igisirikare cy’iki gihugu cyahanuye mo zimwe. The Jerusalem Post yanditse ko amakuru ifite avu...
Amakuru mashya ku mwuka mubi hagati y’u Bushinwa n’Amerika bapfa Taiwan avuga ko hari indege za Leta zunze ubumwe z’Amerika zahagurutse mu Buyapani kugira ngo ziherekeze indege Nancy Pelosi arimo. Bit...
Minisiteri y’ingabo ya Taiwan yaraye isabye abasirikare bayo bari baragiye ku kiruhuko kuvayo bakagaruka mu bigo, bakitegura ko igihe icyo ari cyo cyose bakwambarira urugamba. Ni nyuma y’uko u Bushinw...
Imwe mu ndege yari ihagurutse hafi ya Yaoundé muri Cameroun yakoreye impanuka mu ishyamba riri hafi aho. Bivugwa ko yari irimo abantu 11 kandi bose bashobora kuba bahasize ubuzima. Iby’impanuka y’iri...
Nyuma y’uko indege ya RwandAir igushirijwe ahantu itari isanzwe igwa kubera kwanga ko yahura n’ikibazo kuko amatara ayiyobora igwa atakoraga, ubu umuhati abahanga mu butabazi bari gushyira umucanga uk...








