Ingabo za Israel zirwanira mu kirere zatangiye kurasa mu bice bya Syria birimo no mu murwa mukuru Damascus. Ikigo cy’abanya Syria gikurikiranira hafi iby’uburenganzira bwa muntu kitwa Syrian Observa...
Indege z’intambara za Israel zagabye ibitero ku birindiro by’ingabo za Iran kandi zisubira muri Israel ntacyo zibaye. Ni ibyemezwa na BBC. Ibitero by’izi ndege byagabwe mu Murwa muku...
Itangazamakuru mpuzamahanga riravuga ko mu Majyaruguru wa Gaza hagabwe igitero cy’indege za Israel zihitana abantu 89. Cyagabwe mu gace kitwa Beit Lahia. Israel yo ivuga ko ibivugwa n’ubuyobozi bwa Ha...
Kuri uyu wa Kane indege z’intambara za Israel zatangiye kurasa muri Lebanon. Ni ibitero 100 byakozwe nyuma gato y’uko guhera kuri uyu wa Kabiri hari ibikoresho by’ikoranabuhanga abarwanyi ba Hezbollah...
RwandAir yatangaje ko igiye kuba ihagaritse ingendo ziva n’izijya mu Mujyi wa Cape Town muri Afurika y’Epfo kubera impamvu zitatangajwe. Iki cyemezo kizatangira gushyirwa mu bikorwa taliki 27, Ukwakir...
Intambara y’Uburusiya na Ukraine irabura igihe gito ngo yuzuze imyaka itatu. Icyakora zimwe mu ngabo za Ukraine ziri mu bibazo nyuma y’uko intwaro zari zarahawe n’Amerika zigabanutse ndetse zimwe mur...
Perezida wa Brazil Lula Da Silva yatangaje ko igihugu cye kiri mu kababaro kenshi nyuma y’ihanuka ry’indege yari itwaye abantu 62 bose bakaba bapfuye. Ni indege y’ikigo kitwa Voepass, ikaba yagize iyo...
Nyuma y’igihe kirekire Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo irega u Rwanda gufasha M23, ikirego gihari ubu ni icy’uko ingabo z’u Rwanda zinjiriye mu buryo yise ko buteje akaga imikorere ya ...
Nyuma y’igihe gito indege yari itwaye Perezida wa Iran ikoze impanuka ikamuhitana, ku mbuga nkoranyambaga hatangiye kuvugwa ko Urwego rw’ubutasi rwa Israel Mossad rwaba rubifitemo ukuboko....
Nyuma y’amakuru yavuguruzanyaga ku rupfu rwa Ibrahim Raisi wayoboraga Iran, ubu aremeza ko uyu muyobozi yapfanye na Minisitiri we w’ububanyi n’amahanga witwa Hossein Amir-Abdollahian...









