Mu masaha ya nyuma ya saa sita kuri uyu wa Gatanu, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye inyandiko zemerera ba Ambasaderi batatu gutangira gukorera mu Rwanda. Barimo uwa Qatar witwa Misfer Bin F...
Leta y’u Bwongereza yavanye u Rwanda ku rutonde rutukura, yemera ko guhera ku wa Mbere tariki 11 Ukwakira abantu baruturutsemo noneho bashobora gukorera ingendo muri kiriya gihugu, nyuma y’igihe...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gitwara abantu n’ibintu mu ndege, RwandAir, cyatangaje ko uko iminsi igenda yicuma ari ko kigenda kizanzamuka, kikivana mu bibazo cyatewe n’icyorezo COVID-19. Bidatinze k...
Ikigo cy’indege cy’u Rwanda, RwandAir, cyemeje ko kiri mu myiteguro yo gusubukura ingendo zijya ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Entebbe muri Uganda na Mumbai mu Buhinde, nyuma y’icogora ry’...
RwandAir yinjiye mu bufatanye bushya na Qatar Airways, buzatuma abagenzi banyuze mu kigo kimwe bashobora kubona serivisi z’ikindi nk’amatike y’indege, uburyo buzarushaho koroshya ingendo ku mpande zom...
Abagenzi bari muri imwe mu ndege za Uganda batangajwe no gukerererwa ku kibuga cy’indege kiritiwe Julius Nyerere muri Tanzania bategereje ko indege bayongeremo amavuta ngo iguruke. Bamaze igihe kireng...
Iki kibuga cyari kimaze imyaka 20 kigwaho kikanahagurukiraho indege z’intambara Amerika yakoreshaga irasa ku Batalibani mu misozi ya Afghanistan. Giherereye ahitwa Bagram. Amerika yahisemo kubaka kiri...
Muri iyi minsi Perezida Joe Biden n’abo bafatanyije gutegeka Amerika bari ku gitutu asabwa ko yakwicara agasubiramo amasezerano y’ubufaranye igihugu cye gifitanye na Israel. Ariya masezerano avuga ko ...
Umunyamakuru witwa Roman Protasevich ufite imyaka 26 y’amavuko yafatiwe ku mu murwa mukuru w’igihugu akomokamo cya Belarus witwa Minsk, ubwo yari ari mu ndege yavaga Athens mu Bugereki igiye mu Murwa ...
*Uwamusimbuye yakoraga Kuri Radio na Televiziyo by’Igihugu, *Minisitiri wagurishije iriya ndege yahawe avance ya $ 50 000, *Yari afatanyije n’Umuyobozi wa Air Burundi… Kuri uyu wa Gatanu tariki 21, Gi...







