Ayo masezerano yashyizweho umukono ku wa Gatandatu tariki ya 27 Nzeri, ubwo abahagarariye ibihugu byombi bahuriraga i New York ahateraniye Inama y’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye iteranye ku ns...
Ku rubuga rwa X/Twitter rw’ingabo z’u Rwanda hatangarijwe ko hari indege yazo itwarwa n’abapilote batayicayeno bita drone yakoreye impanuka i Rutsiro. Ikirere kibi nicyo cyatumye ita...
Ikigo Zipline gifite icyicaro gikuru muri Amerika cyatangaje ko ishami ryacyo ryo mu Rwanda rigiye gutangiza gahunda yo kugeza ibicuruzwa mu ngo z’abaturage cyanecyane abo mu mijyi. Ibyo bicuruzwa ni ...
Perezida Kagame ubwo yatangizaga inama mpuzamahanga y’iminsi ibiri yiga ku iterambere ry’ubwikorezi bukoresha indege iri kubera mu Rwanda, yagarutse ku itangizwa ryo gutwara abagenzi muri drones bwat...
Ingabo za Israel zatangije ibitero by’indege mu Murwa mukuru wa Syria, Damascus, ndetse ibisasu bimwe byaguye hafi y’Ibiro bikuru by’ingabo z’iki gihugu. BBC yo yavuze ko hari ...
Nyuma y’igihe kirekire bamucunga, bategereje ko yinjira ahantu yakekaga ko hatekanye, abasirikare ba Israel bishe umusirikare mukuru mu ngabo za Iran wari umugaba mukuru w’izirwanira ku butaka. Ubuvug...
Abasirikare bakuru ba Israel barimo n’umugaba wabo witwa Gen Eyal Zamir bavuga ko kugeza ubu inzira zo kugaba ibitero byeruye kuri Iran zamaze guharurwa. Israel ivuga ko zaharuwe guhera mu mwaka wa 20...
Indege yo mu Buhinde yavaga muri iki gihugu ijya mu Bwongereza yakoze impanuka igihaguruka ihita ikongoka. Abantu 200 nibo bamaze kubarurwa ko bayiguyemo. Yari irimo abantu 242, ikaba yahuye n’a...
Indege yitwa Flight AI171 yari ihagarutse mu Buhinde yerekeje mu Bwongereza yahiye igihaguruka. Yari irimo abantu 242. Muri bo 169 bari Abahinde, abandi 53 ari Abongereza nk’uko BBC ibyemeza. Harimo k...
Donald Trump yasinye inyandiko yemeza ko nta ndege zo mu bihugu 12 zemerewe kuza muri Amerika. Ibyo bihugu birimo Afghanistan, Haiti na Iran , Trump akemeza ko Amerika idakenye abo bantu. Ari: ”...









