Perezida Paul Kagame avuga ko uko abantu babona u Rwanda rw’ubu bishingiye ku mahitamo rwagize mu myaka iri hafi kuba 30. Yabivugiye mu Nama mpuzamahanga iri kubera mu Rwanda yiga ku bukerarugendo yi...
Paul Kagame ari i Riyadh muri Arabie Saoudite mu nama mpuzamahanga igomba kwigira hamwe uko isi y’ejo hazaza izaba imeze n’uko ibihugu bizunganirana muri ibi bibazo. Ni inama ikomeye kuko iri ku...
Mu butumwa Madamu Jeannette Kagame yaraye atanze ubwo yifurizaga umwana w’umukobwa umunsi mwiza wabagenewe ku rwego mpuzamahanga, yavuze ko kwiga ari ingirakamaro ku bakobwa kuko iyo bubutse ingo, zib...
Umwaka wa 2024 uzaba umwaka w’ibikorwa bitandukanye mu Rwanda birimo n’inama mpuzamahanga yiga ku iterambere ry’ingufu zitanga amashanyarazi, yaba ayisubira cyangwa ay’ubundi bwoko. Niyo nama ya...
Kuba umuyobozi birigwa nk’uko andi masomo yigwa. Icyakora hari abantu bahabwa ubuyobozi bidatewe ahanini ni uko bize Administration Publique ahubwo bitewe n’imyitwarire yihariye bagaragariza mu ruhame...
Mu ruzinduko ari mo muri Amerika ruzarangira ubwo azaba arangije kugeza ijambo ku bagize Inteko rusange y’Umuryango w’Abibumbye, Perezida Kagame yakiriwe ku meza n’abagize Umuryango witwa American Glo...
Rwanyindo Fanfan Kayirangwa wari usanzwe ari Minisitiri w’abakozi ba Leta n’umurimo mu Rwanda yahawe inshingano zo kuba umuyobozi wungirije w’Umuryango mpuzamahanga w’abakozi akaba n’Umuyobozi wawo ku...
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda yaganiriye n’abajenerali ndetse n’abandi basirikare baherutse kujya mu kiruhuko cy’izabukuru abashimira ubwitange bagaragaje mu myak...
Inama y’ubutegetsi ya Banki ya Ecobank yatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatatu taliki 30, Kanama, 2023 Richard Mugisha ari we muyobozi w’Inama y’Ubutegetsi ya ECOBANK. Asimbuye Ivan Twagirashema wacyuy...
Minisitiri Jean-Chrysostome Ngabitsinze ushinzwe ubucuruzi mu Rwanda avuga ko kugira ngo igihugu gitere imbere mu buryo burambye ari ngombwa ko kigira inganda zikora byinshi. Icyo gihugu gikenera bike...









