Ubwo yarangizaga Inama y’igihugu y’Umushyikirano yabaye ku nshuro ya 19, Perezida Kagame yongeye gusaba ko abayobozi ba baringa bavanwa mu nshingano. Yasabye abayobozi kumenya ko akazi bak...
Iyo nzu ihenze ityo yitwa Gaylord National Resort & Convention Center iherereye ahitwa National Harbor muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Niyo izaberamo Rwanda Day iteganyijwe mu mataliki ya mbere...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente ari i Kampala muri Uganda mu Nama Mpuzamahanga ihuza ibihugu bigize icyo bise Non Aligned Mouvement ihuza ibihugu byinshi by’Afurika, Aziya n’ibyo muri Amerika...
Mu masaha make ashize nibwo Perezida Paul Kagame yageze i Davos mu Busuwisi mu Nama mpuzamahanga yiga ku bukungu bw’isi yitwa World Economic Forum. Iyi nama ibaye ku nshuro ya 54 ikaba izitabirwa n’ab...
Hagati y’italiki 23 n’italiki 24, Mutarama, 2024 nibwo mu Mujyi wa Kigali hazateranira Inama y’Igihugu y’Umushyikirano izaba ibaye ku nshuro ya 19. Uretse gusuzuma aho iterambere rigeze mu baturage, h...
Mu mpera za Mutarama, 2024, i Kigali hazateranira Inama Mpuzamahanga izahuza abanyemari b’Abanyarwanda n’Abongereza bigire hamwe uko ishoramari hagati ya Kigali na London ryakongerwamo imbaraga. Ni in...
Kuri uyu wa Kane taliki 28, Ukuboza, 2023 mu Murenge wa Nkumba mu Karere ka Burera harabera Ihuriro ry’abana habagarariye abandi ku rwego rw’igihugu bitoremo ababayobora. Bitabiriye Inama y’igihugu y’...
Mu nama iri kubera i Dubai muri Leta ziyunze z’Abarabu, Perezida Kagame yaganiriye mu bihe bitandukanye n’abandi bayobozi bakomeye barimo na Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Rishi Sunak. Abandi bagan...
Si M23 gusa iri gushyira igitutu ku butegetsi bwa Felix Tshisekedi ikoresheje imbunda, ahubwo hari n’igitutu cya ba Guverineri n’Abadepite basaba guhembwa ibirarane by’umushara by’amezi atandatu. Ni i...
Kuri uyu wa Gatatu taliki 15, Ugushyingo, 2023 Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yaganiriye n’abagaba bakuru bazo, Ofisiye bakuru muri Polisi y’u Rwanda n’abo mu rw...









