Perezida Paul Kagame avuga ko abayobozi batagomba kumva ko ari bo ntangiriro bakaba n’iherezo ry’ibintu byose bibera mu bihugu byabo. Abo bayobozi bumva ko iyo bamerewe neza n’abandi biba ari uko. Icy...
Umuhanga mu ibaruramari Obadiah Biraro avuga ko abacungamari bo mu Rwanda ari abo gushimira ko bagize uruhare rugaragara mu gucunga neza umutungo w’u Rwanda ku buryo kugeza ubu ingengo y’imari y’u Rwa...
Perezida Kagame yaraye ayoboye Inama y’Abaminisitiri yemerejwemo ibintu bitandukanye birimo n’abayobozi bashya b’Ikigo gishinzwe ubuziranenge bw’ibiribwa no kurengera umuguzi, RICA. Uwahoze ari umuyob...
Mu Mujyi wa Kigali hari kubera inama mpuzamahanga yahuje abakora ubuhinzi mu bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere kugira ngo bigire hamwe uko uru rwego rw’ubukungu rwarushaho kubyazwa amafaranga. Kuge...
Mu Mujyi wa Kigali hari kubera inama y’iminsi itatu y’ibihugu binyamuryango bya COMESA kugira ngo abayitabiriye bigire hamwe uko hahuzwa ibiciro byo guhamagarana kw’ababituye. Ni ikintu abayobozi bayi...
Itsinda ry’Abadepite bayobowe na Hon Odette Uwamariya basuye abaturage b’Akarere ka Bugesera, babakangurira kwitabira uburyo bwo gutwika imirambo hagashyingurwa ivu. Bari mu ruzinduko ruri muri gahund...
Ubwo yagezaga ijambo ku bari baje kwitabira Inama nto yigaga ku mutekano mu Karere u Rwanda na DRC biherereyemo, Perezida yababwiye ko igihugu cye kihagazeho kandi kiri maso ku muntu cyangwa icyo ari ...
Mu Cyumweru kizatangira taliki 12, Gashyantare, 2024, Perezida Kagame azajya i Dubai mu Nama y’abanyacyubahiro izavuga ku byerekeye imiyoborere iboneye yitwa World Government Summit. Iyi nama izatangi...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje imyanzuro yafashwe nyuma y’inama y’igihugu y’Umushyikirano ya 19 iherutse kuba. Iyi nama yari iyobowe na Perezida Kagame, ikaba yarigiwemo ingingo zitandukanye zireba i...
Nyuma y’uko Inama y’igihugu y’Umushyikirano yabaye ku nshuro ya 19 irangiye, Perezida Kagame yayoboye Inama Y’Abaminisitiri ibaye ku nshuro ya mbere mu mwaka wa 2024 Ni Inama i...









