Perezida Paul Kagame yageze i Beijing mu Bushinwa kwitabira Inama y’u Bushinwa na Afurika (FOCAC) iteganyijwe ku wa 4-6 Nzeri 2024. Yageze mu Bushinwa avuye muri Indonesia mu nama yabaga ku nshuro ya ...
Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru Perezida Paul Kagame yaraye yitabiriye umusangiro wateguwe na mugenzi we uyobora Indonesia witwa Joko Widodo. Kagame ari muri iki gihugu aho yitabiriye Inama mpuzamaha...
Perezida Paul Kagame yageze i Bali muri Indonesia mu nama mpuzamahanga ihuza iki gihugu n’iby’Afurika yitwa Indonesia- Africa Summit. Ni inama ibaye ku nshuro ya kabiri. Indonesia ni igihugu gifitanye...
Umwe mu bahanga mu byo kwihaza mu biribwa witwa Amath Pathé Sene uyobora Ikigo Africa Food Systems Forum avuga ko iyo abaturage bashonje baba bafite ibyago byo gusubiramo. Yabivugiye mu nama yahuje i...
Perezida Paul Kagame yavuze ko bidakwiye ko abayobozi bahora mu nama z’urudaca kandi zikerereza abantu ntihavemo imyanzuro irambye. Yabwiye Abaminisitiri bashya barahiriye inshingano ko mbere yo gukor...
Nk’uko bigaragara mu itangazo rya Minisiteri y’intebe, Aurore Mimosa Munyangaju wari ushinzwe Minisiteri ya siporo na Dr.Jean Chrysostome Ngabitsinze wari ushinzwe ubucuruzi n’ingand...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb. Olivier Nduhungirehe n’itsinda rye bitabiriye inama y’Abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga yiga ku mutekano muke muri DRC yabereye muri Angola. Ni inama...
Kigali: Guhera kuri uyu wa Mbere taliki 10, kuzageza taliki 14, Kamena, 2024 mu Rwanda harabera inama mpuzamahanga yitabiriwe n’abantu 1200 yiga uko murandasi yakoreshwa n’abatuye isi bose kandi mu nd...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente avuga ko u Rwanda rwasanze guteza imbere siyansi ari ingenzi mu kuzamura imibereho myiza y’abaturage no koroshya urugendo rugana ku iterambere rwiyemeje. Ni ub...
*Iyi nama bazigira hamwe uko ubukungu bw’isi bwasaranganywa Paul Kagame ari muri Arabie Saoudite mu ruzinduko azitabiramo inama mpuzamahanga ku bukungu bw’isi. Kuri uyu wa Gatandatu taliki 28, Mata, 2...









