Ubyumvise wakumva ko ari kera ariko mu mwaka wa 2026 ni vuba cyane. Muri uwo mwaka rero abahanga bavuga ko ibikoresho bya plastic ku isi hose bizaba byarikubye gatatu, ikintu giteye inkeke. Bamwe muri...
Fridolin Ambongo Besengu usanzwe ari Cardinal wa Kinshasa akaba na Perezida wa Perezida w’Ihuriro ry’Abepiskopi Muri Afurika na Madagascar (SECAM) arasura u Rwanda kuri uyu wa Mbere. Araba aje mu nam...
Bikubiye mu ijambo Perezida Kagame yagejeje ku bitabiriye Inama mpuzamahanga yiga ku mihindagurikire y’ikirere yitwa COP 29 iri kubera i Baku muri Azerbaijan. Kagame yabwiye abandi bayobozi ko Afurika...
Amakuru Taarifa ifite aravuga ko Perezida Paul Kagame yageze mu Murwa mukuru wa Azerbaijan witwa Baku ahari kubera inama mpuzamahanga ku bidukikikije yitwa COP 29. Abantu barenga 40,000 barimo Abakuru...
Faustin Munyazikwiye uyoboye itsinda ry’Abatekinisiye b’u Rwanda n’abandi Banyarwanda bitabiriye Inama mpuzamahanga ya COP 29 iri kubera i Baku muri Azerbaijan avuga ko u Rwanda rura...
Paul Kagame yageze Apia, mu murwa mukuru w’ibirwa bya Samoa, aho yitabiriye inama ihuza Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma bo mu muryango wa Commonwealth, uhuza ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongerez...
Perezida Paul Kagame na Madamu we bari i Paris mu Bufaransa mu Nama ya 19 ihuza Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma zo mu muryango w’Ibihugu bivuga Igifaransa OIF iri bwige uko Ghana yaba umunyamuryang...
Mu mpera z’Ukwakira, 2024 muri Kigali Convention Center hazabera inama mpuzamahanga iziga ku iterambere ry’ikoranabuhanga rikoresha telefoni. Ni inama yiswe GSMA MWC. Izaba hagati y’italiki 29 n’itali...
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Edouard Ngirente asanga Leta ikwiye gukorana bya hafi n’abikorera ku giti cyabo kugira ngo bagire uruhare runini mu iterambere ry’ubuhinzi. Yabivuze kuri uyu wa Gata...
Ubwo yatangizaga inama mpuzamahanga yiga ku iterambere ry’uruhererekane runoze mu bikomoka ku buhinzi muri Afurika, Minisitiri w’Intebe Dr.Edouard Ngirente yavuze ko kudateza imbere ubuhinzi bigwingiz...









