Umwe muri ba rwiyemezamirimo b’urubyiruko batanga amahugurwa binyuze kuri murandasi witwa Jean D’Amour Mutoni avuga ko abo we na bagenzi bahugura bakoresheje murandasi bahura n’ikibazo cya murandasi i...
Umunyamakuru wa CNN witwa Kaitlan Collins yaraye abajije Perezida Joe Biden icyo ashingira ho yemera ko Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin ashobora kuzahindura politiki ze kuri USA. Byabaye nk’ibira...
Umuryango w’Abanyarwanda baba mu Murwa mukuru w’u Bufaransa, Paris, watangaje ko witeguye kwakira Perezida Paul Kagame uri mu Bufaransa mu nama ivuga ku iterambere rya Sudani n’iry’Afurika muri rusang...
Uyu musanzu waraye utangajwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta mu nama yahuje Abakuru b’ibihugu, aba za Guverinoma n’imiryango mpuzamahanga yari igamije kureba uko Isi y...
Kuri uyu wa Mbere twari twanditse inkuru ivuga ko abatuye i Musanze batakamba basaba ko Inama y’Abaminisitiri yabadohorera igakuraho ko bagomba kuba batashye saa moya. Iyi saa moya yatumaga hari abara...
Kuri uyu wa Mbere tariki 04, Mutarama, 2021, mu masaha akuze Inama y’Abaminisitiri iraterana yongere isuzume uko icyorezo COVID-19 gihagaze mu Rwanda bityo ifate izindi ngamba. Iziheruka zasize zemeje...
Mu buryo butunguranye, Perezida w’Afurika y’Epfo akaba ari nawe uyoboye Umuryango w’Afurika yunze ubumwe Cyril Matamela Ramaphosa yatangaje ko Inama yari buhuze Abayobozi bakuru bawo n’ab’Umuryango w’...






