Umwe mu myanzuro yaraye ifatiwe mu Nama y’Abaminisitiri yaraye iteranye ni uko uwari ushinzwe ubukerarugendo mu kigo cy’igihugu cy’iterambere, RDB, witwa Ariella Kageruka asimburwa na Madamu Michaella...
Mu rwego rwo kuzaha serivisi nziza abazitabira Inama ya CHOGM izatangira taliki 21, ikazageza taliki 26, Kamena, 2022 abakorera ku giti cyabo bavuga ko bashyizeho uburyo bwo kuzakora amasaha yose agiz...
Abagore bibumbiye mu Muryango utari uwa Leta ugamije uburenganzira n’iterambere ry’Abanyarwandakazi Rwanda Women’s Network bagiranye inama n’umukozi wa Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umury...
Mbere gato y’uko hatangira Inama mpuzamahanga yiga ku iterambere ry’ikoranabuhanga mu itumanaho, Minisiteri y’ikoranabuhanga na Inovasiyo yasinyanye n’Ihuriro mpuzamahanga ry’abahanga mu byogaju...
Ikigo gitanga serivisi z’itumanaho mu Rwanda kitwa MTN Group cyemeye kuzatanga $ 230,000 azakoreshwa mu itegurwa ry’imwe mu Nama zizakorwa mu gihe cya CHOGM ariko yo ikaziga cyane cyane ku ishoramari....
Mu bihugu bigize Umuhora wa Ruguru( Northern Corridor) byitabiriye Inama yabereye i Kigali yigaga ku bibazo biri mu buhahirane bwabyo n’ingamba zafatwa ngo bicyemuke, Repubulika ya Demukarasi ya Congo...
Umuyobozi wa AVEGA Agahozo, Valérie Mukabayire avuga ko ari ngombwa gushima Leta y’u Rwanda kuko yafashije abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi kwiga, kubona amacumbi no kubona ubutabera. Mukabayire ...
Abakuru b’ibihugu by’Afurika bari i Malabo muri Guinée Equatoriale mu Nama y’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe iri gusuzuma uko ibibazo bibangamiye abatuye uyu mugabane byakemurwa. Minisitiri w’ububany...
Perezida Paul Kagame yohereje Minisitiri w’Intebe Edouard Ngirente ngo amuuhagararire mu Nama Nkuru yahuje abayobozi batandukanye muri Afurika n’ubuyobozi bukuru bw’iyi Banki. Banki nyafurika y’Iteram...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yayoboye Inama yahuje inshuti z’Afurika yabereye i Davos mu Busuwisi. Ni imwe mu nama ziri kubera muri kiriya gihugu zahuje abayobozi bakuru b’ibihugu, ab’ibigo by’ubucu...









