Kuri uyu wa Gatatu taliki 01, Gashyantare, 2023 mu masaha y’umugoroba nibwo Perezida Paul Kagame yari ageze i Dakar muri Senegal. Yitabiriye Inama mpuzamahanga yiga ku iterambere ry’Afurika yitwa Fina...
Hagati y’italiki 13 n’italiki 14, Gashyantare, 2023 mu Rwanda hazateranira inama mpuzamahanga izahuza abahinzi b’ikawa baturutse hirya no hino ku isi bakigira hamwe uko kiriya gihingwa ngengabukungu c...
Nyuma y’uko Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Felix Tshisekedi atangarije ko atitaba ibiganiro byari bumuhurize i Doha muri Qatar na mugenzi we Paul Kagame, Guverinoma y’u Rwanda yatangaj...
Itangazamakuru ryo muri Repubulika ya Demukarasi rizindutse ryandika ko Perezida Tshisekedi wari utegerejwe i Doha muri Qatar ngo ahahurire na mugenzi we Paul Kagame baganire uko amahoro yataha muri D...
Mu ijambo yagejeje ku banyacyubahiro bitabiriye inama yitwa Africa Peace Conference iri kubera i Nouakchott muri Mauritania, Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda ruzi ububi bw’iterabwoba kuko ubusa...
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda ivuga ko ifite imigambi itandatu(6) migari yo kuvugurura ubuhinzi bukagera ku rwego rwiza. Iyi migambi yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’u...
Umunyarwandakazi uyobora Ikigo Nyafurika gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi, AGRA, Dr. Agnes Kalibata avuga ko intambwe Afurika igezeho mu kongerera agaciro ibikomoka ku buhinzi ishimishije. Yabivugiye ...
Kuri uyu wa Mbere Perezida Paul Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi i Bali muri Indonesia. Urugendo rwa Perezida Kagame muri Indonesia ruri mu rwego rwo kwitabira inama ya NEPAD. Asanzwe yara...
Umukuru w’u Rwanda yabwiye abitabiriye inama ku bidukikije iri kubera mu Misiri avuga ko igihugu cye, hamwe n’Afurika by’umwihariko, rukora uko rushoboye ngo ibyo rwiyemeje kugeraho mu kurengera ibid...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame ari mu Misiri ahari kubera Inama mpuzamahanga yateguwe na UN yiswe COP 27 yiga ku ngamba zo kurinda ibidukikije. Yahahuriye n’abandi bayobozi bakuru barimo Umunyamabanga...









