Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente ari muri Qatar aho azitabira inama ya gatnu y’Umuryango w’Abibumbye yiga ku ngamba zo kurwanya ubukene. Ni inama izibanda ku ngamba zafatwa mu kugabanya umubare w’abak...
Taarifa yamenye ko mu Nama y’Umushyikirano izaba hagati y’italiki 27 n’italiki 28, Gashyantare, 2023 ari ho hazatangarizwa raporo ya paji 130 ikubiyemo ibyavuye mu ibarura rusange ry’abatuye u Rwanda ...
Ubwo inama iri guhuriza hamwe Abakuru b’ibihugu by’Afurika iri kubera Addis Ababa muri Ethiopia yari imaze gutangizwa, itsinda rya Israel ryari ryaje nk’indorerezi, ryasabwe gusohoka mu cyumba yaber...
Inama yaraye ihuje Abakuru b’ibihugu byo mu Burasirazuba bw’Afurika yabereye Addis Ababa yanzuye ko imitwe yose yitwaje intwaro igomba gusubira inyuma ikava aho yafashe bitarenze taliki 30 Werurwe, 20...
Ubuyobozi bwa Basketball Africa League bwatangaje uko amakipe 12 ari mu matsinda abiri azakina iri rushanwa azahura. Ikipe ihagarariye u Rwanda muri iyi mikino REG BBC iri mu itsinda rizakinira muri ...
Ikawa ni igihingwa abahanga bemeranya ko gikomoka muri Brazil. Hari n’abavuga ko ari cyo kinyobwa kinyobwa n’abantu benshi nyuma y’amazi. Umuntu wese unywa ikawa azi uburyo itera akanyabugabo k’umuntu...
N’ubwo itarerura ngo itangaze ko yivanye mu Muryango w’Afurika y’i Burasirazuba, EAC, Repubulika ya Demukarasi ya Congo iri gukora uko ishoboye ngo ikorane na Angola na Afurika y’Epfo. Abasesengura b...
Inama yahuje Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba yaraye ibereye i Bujumbura, yamaze amasaha arenga ane. Perezida Museveni wa Uganda na Samia Suluhu Hassan wa Tanzania basohot...
Mu rwego rwo kwitabira idasanzwe yatumijwe na mugenzi uyobora u Burundi, Perezida Kagame yageze i Bujumbura. Hari hashize ‘igihe kirekire’ atahagera. Perezida w’u Rwanda yagiye i Burundi k...
Perezida Kagame yabwiye abandi banyacyubahiro bitabiriye inama igamije kureba uko ibikorwaremezo byarushaho kubakwa muri Afurika ko nibashaka kuba nyamwigendaho nta kintu kinini kizagerwaho. Avuga ko ...








