Guverinoma y’u Rwanda iri kwitegura kuzakira inama mpuzamahanga y’ishami ry’umuryango ryita ku bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere, ibiri mu birwa bito n’ibihugu bidakora ku Nyanja izaruberamo mu mwa...
Kagame yaraye ageze i Doha muri Qatar mu nama ihuza iki gihugu n’ibindi by’inshuti zacyo; iyo nama yitwa Qatar Economic Forum. Ari mu bayobozi b’ibihugu bazatanga ikiganiro muri iyi nama. Ku kib...
Muri Kaminuza y’ubukerarugendo n’ikoranabuhanga, UTB, ishami rya Rubavu n’irya Kigali mu mashami ya BBM(Business Management)na CE( Computer Engineering) haravugwa amakuru y’uko hari bamwe mu bahiga ba...
Perezida Paul Kagame yaraye mu Bwongereza mu ruzinduko rw’akazi. Mbere y’uko yitabira ibirori byo kwimika umwami w’u Bwongereza Charles III bizaba kuri uyu wa Gatandatu, Kagame yaganiriye na Minisitir...
Umwe mu myanzuro yaraye ifatiwe mu Nama y’Abaminisitiri, uvuga ko hagenwe amafaranga(atatangajwe umubare) yo gutunga abamugariye ku rugamba ‘batishoboye’. Nta makuru arambuye kuri uyu mwanzuro aratang...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi, na IBUKA buvuga ko hari imibiri irenga 900 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 itarashyingurwa. Mu nama yabahuje bemeje ko iriya mibiri ishyingurwa...
I Kigali hateraniye inama yahuje abayobozi mu by’ububanyi n’amahanga b’u Rwanda n’aba Uganda. Imwe mu ngingo zikomeye ziri bwigweho, ni ukurebera hamwe aho ishyirwa mu bikorwa ry’ibyanzuriwe mu nama ...
Ibihugu by’Afurika byatoye u Rwanda ngo ruyobore Ihuriro nyafurika ry’inzego zita ku bidukikije. Rwatorewe mu nama yahuje abayobozi b’ibi bigo bibumbiye mu cyo bise Environmental Protection Agen...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente avuga ko Guverinoma y’u Rwanda ishimira abikorera ku giti cyabo kubera umusanzu batanze kandi bagitanga mu kurwanya indwara na COVID-19 by’umwihariko. Dr. Ngir...
Abanyarwanda bakunda inturusu kuko ari igiti bakuze bazi kandi cyabagiriye akamaro kanini. N’ubwo ari uko bimeze, Minisiteri y’ibidukikije yo ivuga ko inturusu ari igiti kibi ku bindi bimera kubera ko...









