Mu rwego rwo kurinda abaturage kubuzwa amahwemo n’urusaku kandi bakeneye kuruhuka, Inama y’Abaminisititi yashyizeho amasaha ntarengwa ibikorwa by’imyidagaduro bigomba kuba byafunze. Mu mibyizi ntibigo...
Guhera taliki 23 kuzageza taliki 27, Nyakanga, 2023 mu Rwanda hazabera inama mpuzamahanga y’abahanga mu binyabuzima iziga uko ibinyabuzima bibungabunzwe byakomeza gusagamba. Ni inama yiswe 2023 Intern...
Itangazo ryasohowe na Njyanama y’Akarere ka Rwamagana rivuga ko yeguje Madame Nyirabihogo Jeanne d’Arc wari Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu. Hari amakuru avuga ko Nyirabi...
Angeline Ndayishimiye yaje mu Rwanda kwitabira inama mpuzamahanga ihuza abagore aciye inzira y’ubutaka. Kuri uyu wa Mbere nibwo Taarifa yari yanditse ko umufasha wa Perezida w’Uburundi Angeline Ndayi...
Angeline Ndayishimiye, umugore wa Perezida w’u Burundi, araza mu Rwanda kwitabira inama mpuzamahanga y’abagore yiswe Women Deliver 2023 Conference. Nubwo ataje mu Rwanda nk’umuntu woherejwe mu butumwa...
I Kigali hagiye kubera Inama Mpuzamahanga Y’iterambere ry’Umugore yiswe Women Deliver 2023 Conference izatangira kuri uyu wa Mbere taliki 17, Nyakanga, 2023. Abagore baturutse imihanda yose bageze i K...
Mu masaha make ashize nibwo Perezida Paul Kagame yageze mu Murwa mukuru w’ibirwa bya Trinidad na Tobago witwa Port of Spain. Yagiye mu nama ihuza Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango CARACOM. Mu magambo...
Muri Angola haraye hatangiye inama yitabiriwe naba Minisitiri barimo nabashinzwe ububanyi n’amahanga bo mu Karere U Rwanda ruherereyemo. Irigirwamo ikibazo cy’umutekano muke muri DRC. u Rwanda rwahag...
Inama y’Ubutegetsi ya Bank ya I&M Bank Plc iherutse guterana itora ku bwiganze ko Umunyarwanda Benjamin Mutimura ari we muyobozi w’iyi Banki. Azatangira imirimo ye taliki 01, Nyakanga, 2023. Mutim...
Umwanditsi mukuru mu Kigo cy’igihugu cy’iterambere witwa Richard Kayibanda avuga ko n’ubwo inzego zirwanya ko abantu bigana ibihangano mu by’ubwenge byakozwe n’abandi, ngo iki kibazo kiracyagaraga mu...









