Imirambo ine niyo imaze kuboneka y’abantu batwawe n’amazi y’imvura nyinshi yaguye Tariki 05, Kanama, 2025 mu Mujyi wa Beni mu Ntara ya Kivu ya Ruguru, abandi biganjemo abana bakaba b...
Imibare itangazwa n’ubutegetsi mu bwami bwa Espagne yemeza ko abantu 158 ari bo bamaze kubarurwa ko bahitanywe n’imyuzure yaje ikurikiye inkubi imaze iminsi micye igeze muri iki gihugu. Intara ya Val...
Mu Ntara ya Tibesti muri Tchad haravugwa imyuzure ikomeye imaze guhitana abantu 54 isenya n’ibikorwa remezo byinshi. Ubuyobozi bw’iyi Ntara buvuga ko iyo mvura ikomeje kugwa kandi hari impungenge ko h...
Kubera imvura nyinshi yaraye iguye, imodoka itwara indembe yo ku bitaro bya Remera Rukoma mu Karere ka Kamonyi yaje korohama mu mugezi. Yari yagiye gutwara umurwayi ku Kigo Nderabuzima cya Kabuga maze...
Mu rwego rwo kwirinda ingaruka mbi ziterwa n’imvura nyinshi harimi n’imyuzure, ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwamuritse ahantu 15 hari ibikoresho bitanga impuruza ku bwinshi bw’imvura ishora ishobora ...
Libya, Ubugereki, Espagne, Ubushinwa, Hong Kong n’Amerika y’Amajyepfo ni ibice bitandukanye by’isi biherutse kwibasirwa n’imyuzure yishe ibihumbi n’ibihumbi by’abantu. Nk’ubu hari ubwoba ko abantu bar...
Imvura imaze iminsi igwa muri Sudani imaze guhitana abantu 52 nk’uko itangazamakuru ry’aho ribivuga. Iki gihugu kiri mu gihe cy’imvura nyinshi imaze kwibasira ibice bitandukanye birimo ibikikije uruz...






