Mu rwego rwo kubarinda igihombo no kubongerera amafaranga binjiza, abahinga imyumbati muri imwe mu Mirenge ya Kamonyi babwiwe ko burya n’ibishishwa byayo ari ibiryo by’amatungo. Hafi ya bose-kimwe n’a...
Ikoranabuhanga mu guhindura utunyangingo tw’ibihingwa hagamijwe kubyongerera umusaruro ryitwa Genetic editing rigiye gushyiramo imbaraga mu buhinzi bw’u Rwanda kugira ngo ibihingwa byere kurushaho. Ib...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango, bufatanyije n’abafatanyabikorwa bako, burateganya ko mu gihe kiri imbere hazubakwa ikigo kizajya gukusanyirizwamo amakuru ku buzima bw’igihingwa cy’umwumbati. Ruhango ...
Mu Murenge wa Kibirizi hari abaturage bataka kutagira imbuto nziza y’imyumbati kandi iki gihingwa ngangurarugo kiri mu bibatunze. Bvuga ko babonye imbuto nziza, byatuma basazura imyumbati ishaje bityo...



